Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho iminsi y’ikiruhuko y’inyongera muri iyi minsi mikuru isoza umwaka

Share this:

Mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, Guverinoma yemeje ko uretse iminsi yari isanzwe ari iy’ikiruhuko, tariki ya 27 Ukoboza 2022 na tariki 3 Mutarama 2023 ari iminsi y’ikiruhuko rusange cy’inyongera.

Share this: