Latest post

Tshiseked na Min. Kayikwamba mu gahinda kubera ibyo u Rwanda rukoze

Share this:

Nyuma y’uko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Kayikwamba Wagner azengurutse amakipe ya Paris Saint Germain na Bayern ayabuza gukorana n’u Rwanda cyane cyane muri gahunda ya Visit Rwanda, ikipe ya PSG yamaze kongera amasezerano y’iyi gahunda kugeza mu mwaka wa…

Share this:
Posted on

Umwuka si mwiza hagati y’ingabo z’u Burundi na Wazalendo

Share this:

Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntizibanye neza n’imitwe yitwaje intwaro igize ihuriro rya Wazalendo, nyuma y’aho impande zombi zinaniwe kumvikana ku mitegurire y’urugamba rwo kurwanya AFC/M23. Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo n’abasirikare b’u…

Share this:
Posted on

Umujyanama wihariye wa Trump uherutse i Kigali yihindutse u Rwanda

Share this:

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye gushyira u Rwanda mu majwi, zirusaba kuvana ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zivuga ko ruhafite. Amerika yarwikomye biciye mu mujyanama wihariye wa Perezida Donald ku bijyanye na Afurika, Massad Boulos….

Share this:
Posted on

M23 irimo kureshya abarwanyi ba Wazalendo ngo bayiyungeho. Dore ikintu gikomeye yabijeje

Share this:

Umutwe wa M23, ubarizwa mu ihuriro rya AFC (Alliance Fleuve Congo), watangaje ku mugaragaro ko ushishikajwe no kwakira abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo bashaka kwifatanya nawo, ubizeza kubaha imyitozo ya gisirikare mu rwego rwo kubategura gufatanya urugamba rwo “kubohora Congo”. Mu…

Share this:
Posted on

Bari gukina n’umuriro bawitiranyije n’amazi: Igihano cy’akasamutwe u Bubiligi bushaka ko u Rwanda rufatirwa rugahita rubupfukamira nk’u Burundi na RDC.

Share this:

Mu gihe isi ikomeje guhinduka ihuriro ry’amakimbirane y’inyungu hagati y’ibihugu binini n’ibito, u Rwanda rwongeye kwerekana ko atari igihugu cyoroshye gutungwa agatoki cyangwa ngo gihindurwe nk’urupapuro ryandikwaho amateka y’abandi.   Mu nkuru ivugwa mu bitangazamakuru n’imbuga nkoranyambaga, haravugwa ubushake bw’u Bubiligi…

Share this:
Posted on

Se wa Moses yavuze ku magambo y’umuhungu we wavuze ko yanga Perezida Kagame

Share this:

Kuwa 12 Mata 2025, urubuga rwa X rwahoze ari Twitter rwakongejwe n’amagambo y’uburakari n’ubugwari yatangajwe na Turahirwa Moses, umunyamideli w’icyamamare akaba n’uwashinze inzu y’imideli Moshions.   Uyu musore yashyize hanze urutonde rw’impamvu 10 avuga ko zituma yanga Perezida Paul Kagame ndetse…

Share this:
Posted on

MONUSCO yavuze ku makuru avuga ko yarekuye FARDC na FDLR barenga 800

Share this:

Umutwe wa M23 urashinja ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwa MONUSCO kuba zararekuye abasirikare barenga 800 bo mu Ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe iyishamikiyeho nka FDLR na Wazalendo, bari barahungiye muri kimwe mu…

Share this:
Posted on

Ntazinda wari Meya w’Akarere ka Nyanza yatawe muri yombi

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze. Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry, akaba yatangaje ko uyu muyobozi yatawe muri…

Share this:
Posted on

Abarwanyi ba AFC/M23 bafashe uduce 4 mu 8 twari twarigaruriwe na Wazalendo

Share this:

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Mata 2025, abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kwigarurira uduce 4 two muri teritwari za Kalehe na Kabare (Kivu y’Amajyepfo), nyuma y’imirwano ikaze n’abarwanyi ba Wazalendo, bafatanyije n’Ingabo za Congo (FARDC). Biravugwa ko iyi mirwano…

Share this:
Posted on

Rutsiro: Rurageretse hagati y’Akarere na Gitifu w’Umurenge wirukanywe burundu

Share this:

Akarere ka Rutsiro kirukanye burundu mu kazi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Manihira, Basabose Alex, kamuziza gukora inshingano nabi. Ni mu gihe we avuga ko yarenganyijwe kandi yiteguye kwegera inzego zose zireberera abakozi ngo zimurenganure. Ibaruwa yirukana burundu Basabose Alex,…

Share this:
Posted on