Latest post

Imirwano ikomeye yadutse hagati y’ingabo za FARDC n’iza MONUSCO

Ku rubuga nkoranyambaga rwa X (rwahoze ari Twitter), hakomeje gusakazwa amashusho agaragaza abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bashyamiranye n’abasirikare b’umuryango w’abibumbye ushinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO.   Aya mashusho yakwirakwiye vuba, atuma abantu batandukanye batanga ibitekerezo bitandukanye, bamwe…

Posted on

Hamenyekanye ibyo AFC/M23 iri gukorera abasirikare 3000 ba FARDC yari yaragoteye i Goma

Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025, imodoka zari zitwaye abasirikare n’abapolisi bo mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zatangiye gusohoka mu mujyi wa Goma zijya mu murwa mukuru Kinshasa.  Aba ni abasirikare…

Posted on

Yabanje kumwereka aho bayishyira! Umugabo wubatse w’imyaka 53 wasambanyije umwana w’imyaka 16 akamutera inda amushukishije 5000 Frw yahuye n’uruva gusenya

Mu karere ka Nyamasheke, haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo w’imyaka 53 ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 16, amutera inda, aho imaze kugira amezi atandatu, amushukishije amafaranga 5000 Frw.   Uyu mugabo, usanzwe ari umugabo wubatse ufite umugore n’abana, yafatiwe mu…

Posted on

Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya FARDC na Wazalendo basanzwe bafatanya kurwanya AFC/M23

Imirwano ikomeye yongeye kuvugwa mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Kane, ahitwa Kasenga, aho Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zihanganye n’umutwe wa Wazalendo, nk’uko byemezwa n’abaturage batandukanye batuye muri…

Posted on

Tshisekedi yikomanze ku Gituza nyuma y’uko RDC isinyanye amasezerano n’u Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yabwiye Abanye-Congo ko agiye kubasubiza amahoro arambye nyuma y’aho igihugu cye kigiranye n’u Rwanda amasezerano. Aya masezerano agena amahame aganisha ku mahoro arambye mu karere yashyizweho umukono na Minisitiri w’Ububanyi…

Posted on

Nyaruguru: Umusore w’imyaka 20 yarashwe mu cyico na Polisi ahita yitaba Imana

Mu masaha ya saa munani z’amanywa yo kuri uyu wa Gatandatu, mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Ngoma, Akagari ka Fugi, Umudugudu wa Gasha, habaye inkuru itashimishije.   Umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Pascal Ndayisenga yarashwe n’inzego z’umutekano ubwo yageragezaga…

Posted on

Abasore: Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye

Ntuzigere na rimwe wibeshya ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira mo imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza gusa bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe mwese mwumva mubishaka…

Posted on

Ububirigi bwasabye Uganda kubwunga n’u Rwanda rwacanye umubano na bwo

Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025. Maxime Prévot, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, yabikomojeho ubwo yahuraga…

Posted on

AFC/M23 yatangiye gukora igikorwa gishimangira ko itazava muri Kivu zombi

Mu gihe hatarashira n’icyumweru Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na AFC/M23 bemeranyije guhagarika imirwano, iri huriro ryongeye gushimangira ko udafite gahunda yo kuva muri Kivu zombi.   Ni nyuma y’uko ritangaje ko ryatangiye gukora igikorwa cy’ingenzi cyo kubaka umuhanda mushya…

Posted on

Bitunguranye intambara hagati ya FARDC na AFC/M23 irahagaze

Mu gihe byari bikomeje kuvugwa ko ibiganiro bihuza impande zombi bikomeje kubera i Doha muri Qatar nta musaruro birimo gutanga, Leta ya Congo ndetse n’ihuriro AFC/M23 zashyize hanze amatangazo yo guhagarika imirwano ndetse zisaba abaturage gushyikira uyu mugambi. Ibi byabaye…

Posted on