Latest post

Ntazinda wari Meya w’Akarere ka Nyanza yatawe muri yombi

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza nyuma y’amasaha make akuwe ku nshingano ze. Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB, Dr Murangira B. Thierry, akaba yatangaje ko uyu muyobozi yatawe muri…

Share this:
Posted on

Abarwanyi ba AFC/M23 bafashe uduce 4 mu 8 twari twarigaruriwe na Wazalendo

Share this:

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Mata 2025, abarwanyi ba AFC/M23 bongeye kwigarurira uduce 4 two muri teritwari za Kalehe na Kabare (Kivu y’Amajyepfo), nyuma y’imirwano ikaze n’abarwanyi ba Wazalendo, bafatanyije n’Ingabo za Congo (FARDC). Biravugwa ko iyi mirwano…

Share this:
Posted on

Rutsiro: Rurageretse hagati y’Akarere na Gitifu w’Umurenge wirukanywe burundu

Share this:

Akarere ka Rutsiro kirukanye burundu mu kazi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Manihira, Basabose Alex, kamuziza gukora inshingano nabi. Ni mu gihe we avuga ko yarenganyijwe kandi yiteguye kwegera inzego zose zireberera abakozi ngo zimurenganure. Ibaruwa yirukana burundu Basabose Alex,…

Share this:
Posted on

Yamaze amezi 4 yose akoresha impyiko y’ingurube yari yatewemo nyuma y’uko iye irwaye

Share this:

Umugore w’imyaka 53, Towana Looney, yaciye agahigo ko kuba umuntu wa mbere umaranye igihe kinini urugingo rw’ingurube, aho yamaranye impyiko y’ingurube amezi ane nta kuyungururwa amaraso akeneye. Uyu mugore yahawe iyi mpyiko mu mpera za Ugushyingo 2024, aho yari yabaye…

Share this:
Posted on

Gen. Muhoozi umuhungu wa Museveni yataye muri yombi umwe mu bagenerari ba UPDF asaba abandi kurya bari menge

Share this:

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yategetse ko Maj Gen James Muheesi atabwa muri yombi. Ku wa Gatanu tariki ya 11 Mata, Muhoozi abinyujije ku rubuga rwe rwa X yatangaje ko hari Jenerali wa UPDF yataye muri yombi….

Share this:
Posted on

Goma: M23 yaraye irasana na FARDC na Wazalendo bashaka kwisubiza uyu mugi

Share this:

Amakuru aturuka mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko mu ijoro ryacyeye habayeho kurasana hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu ma saa tanu z’ijoro…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye ubundi buhemu Ububirigi bwakoreye u Rwanda cyane cyane Umwami Rudahigwa

Share this:

Umunyamateka akaba n’umwanditsi, Lt. Col. (Rtd) Nyirimanzi Gerard, yahishuye uburyo nyuma yo kwica Umwami Yuhi V Musinga bikozwe n’Ababiligi, umuhungu we, Mutara III Rudahigwa yabinginze ngo bamuhe umugogo we ushyingurwe mu cyubahiro ndetse abahonga amafaranga menshi ariko biba iby’ubusa baranga…

Share this:
Posted on

USA: CIA yashyize hanze amabanga ku rupfu rwa Adolf Hitler

Share this:

Adolf Hitler benshi bamwize mu ishuri abandi babyumva ahantu hatandukanye ko uwari umuyobozi w’Ishyaka ry’aba-Nazi yapfuye yiyahuye aho bivugwa ko yanze kumanika amaboko ngo afatwe ahubwo agahitamo kwirasa umurambo we uhita ujugunywa muri aside n’abasirikare be. Mu 1945 u Budage…

Share this:
Posted on

Alain Mukuralinda uherutse kwitaba Imana yasezeweho bwa nyuma

Share this:

Kuri uyu wa 10 mata 2025,nibwo umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yasezeweho bwa nyuma mu karere ka Rulindo. Ni umuhango yabimburiwe n’igitambo cya Misa cyaturiwe muri paruwasi ya Rulindo,cyayobowe na Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda Arikiyepisikopi wa Arikidiyosezi…

Share this:
Posted on

Kivu y’Amajyepfo: M23 yambuwe uduce 8

Share this:

Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko ryamaze kwambura M23 uduce umunani two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru avuga ko ingabo za Leta zigaruriye turiya duce two muri Chefferie ya Buhavu ho muri Teritwari…

Share this:
Posted on