Imyanya 18 y’ubushoferi – 18 Driver Job positions at Bugesera district (BUGESERA DISTRICT). Deadline: 17/04/2025
Exams to be conducted 1:Oral Reports To Director Job responsibilities Assist clients and patients as needed to safely complete the transfer. • Carry out daily checks before starting up the vehicle (oil level; water level; pressure of the tires etc…)…
Nyampinga w’ U Rwanda wishwe muri jenoside yakorewe abatutsi yari muntu ki ? Amateka ya Jeanne Nubuhoro
Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 yahitanye ubuzima bw’inzirakarengane zirenga miliyoni imwe , muri abo harimo abagabo, abagore, abana, abakuze, urubyiruko, ibyamamare, abanyapolitiki, ndetse n’abandi benshi. Mu bambuwe ubuzima bwabo muri jenoside yakorewe abatutsi harimo na nyampinga wa mbere w’u Rwanda…
Teta Sandra yasabye imbabazi ku nyandiko ye yafashwe nk’ipfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko amagambo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga ari amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku wa Mbere tariki 07 Mata 2025, ubwo hatangizwaga icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside…
Joseph Kabila wari warahunze yavuze ko agiye kugaruka mu gihugu no kwinjira mu cyibazo cy’intambara imaze kuyogoza RDC aca amarenga yo kwiyunga kuri M23
Mu gihe igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) gikomeje kunyura mu bihe bikomeye by’umutekano muke, amakuru atunguranye yongeye guhungabanya imbago za politiki muri icyo gihugu. Uwahoze ari Perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange, yatangaje ko agiye guhita…
RDC: Zabyaye amahari hagati y’ingabo z’u Burundi n’abo bafatanya mu guhangana na M23
Uko intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amwe mu makuru atangiye gusohoka agaragaza isura idasanzwe y’imibanire y’abafatanyabikorwa ba Leta ya RDC. Mu gihe M23 ikomeje gukaza umuvuduko, bamwe mu barwanyi b’imitwe yitwaje intwaro…
Ibintu 8 byagufasha kuba umuherwe ukoresheje umushahara uhembwa – Warren Buffet – Part I
Warren Buffet ni umuherwe w’umunyamerika ufite imyaka 94 kuko yavutse mu mwaka w’1930. Buffet abarirwa umutungo ungana na miliyari 154 z’amadorari ya Amerika bimushyiraku mwanya wa gatanu ku rutonde rw’abantu bakize kurusha abandi ku isi. Nubwo uyu mukambwe akize kugeza…
Biratangaje: Umubyeyi ari mu byishimo bikomeye byo kubyara umwana w’umukobwa nyuma y’uko atewemo nyababyeyi y’umuvandimwe we
Mu Bwongereza, habayeho ibyiswe igitangaza aho Umwana wa mbere yavutse ku mugore wahawe nyababyeyi y’umuvandimwe ndetse uwo mwana yiswe Amy, izina ry’uwo muvandimwe wahaye wa nyina nyababyeyi. Grace Davidson, w’imyaka 36, yavukanye indwara idasanzwe yitwa MRKH ituma umugore atagira nyababyeyi,…
Bwa mbere M23 na Leta ya Congo bahuriye mu biganiro
Umutwe wa M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu cyumweru gishize bahuriye i Doha muri Qatar, iba inshuro ya mbere impande zombi zari zicaranye kuva intambara zihanganyemo yongeye kubura. Ibiro Ntaramakuru Reuters by’Abongereza bivuga ko ibiganiro bya…
Ambasaderi wa Israel yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia Avraham Neguise yasohowe mu muhango wa kwibuka ku ncuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye ku kicaro gikuru cy’umuryango w’Ubumwe bwa Afurika giherereye muri Ethiopia. Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ukomoka muri Djibuti,…
Ububirigi bwashatse kwikura mu isoni buvuga impamvu bwatereranye Abatutsi mu gihe cya Jenoside
Leta y’u Bubiligi yagerageje kwikura mu isoni ku mpamvu yatereranye Abatutsi ubwo bakorerwaga Jenoside kuva muri Mata kugeza muri Nyakanga 1994. Alain Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango MSF w’abaganga batagira umupaka, aherutse gusobanura ko igihugu cyabo cyari…