Latest post

Munyakazi Sadate yinjiye mu kibazo cya Mayor wa Nyanza bivugwa ko yirukanwe ku nshingano ze akanafungwa azize inshoreke ye

Inkuru zitandukanye zakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga zivuga ku mibanire ya Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza n’umugore bivugwa ko baba bakundana, nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko uyu muyobozi yatawe muri yombi nyuma y’amasaha make akuwe…

Posted on

Hamenyekanye ibyo Perezida Tshisekedi yahise akora akimara kumenya ko Joseph Kabila yasanze AFC/M23 anyuze i Kigali

Mu masaha make gusa nyuma y’uko hagaragaye amakuru yemeza ko Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yageze mu Mujyi wa Goma anyuze mu Rwanda, ibintu byahinduye isura mu biro bikuru bya Perezida Félix Antoine…

Posted on

Ingabo za SADC zashyize zemera gutaha zinyuze mu Rwanda. Ese ibi bisobanuye iki?

Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeye kuva ku izima zikanyura mu Rwanda mu gihe zizaba zitashye. Amakuru agera kuri IGIHE ni uko izi ngabo zirimo iza Afurika y’Epfo, Tanzania na…

Posted on

Kanyinya: Habaye impanuka y’imodoka 2 ihitana abantu 2 abandi benshi barakomereka

Abantu babiri bapfuye, abandi barindwi barakomereka mu mpanuka y’imodoka eshatu yabereye mu muhanda uva i Kigali werekeza i Musanze ahazwi nka Kanyinya. Iyi mpanuka yatewe n’imodoka eshatu zagonganye. Imwe yari iya Toyota Hilux (Vigo) yatambutse ku yari iri imbere yayo…

Posted on

Inkuru ibaye impamo. Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC yasesekaye i Goma nk’uko aherutse kubitangaza. Ese ibi bisobanuye iki ku rugamba M23 irimo kurwana?

Joseph Kabila wahoze ayobora RDC, yageze mu Mujyi wa Goma nyuma y’iminsi mike atangaje ko agiye gutaha anyuze mu Burasirazuba bw’igihugu. Amakuru avuga ko Kabila wari umaze iminsi aba muri Afurika y’Epfo yageze i Goma ku gicamunsi cyo kuri uyu…

Posted on

Perezida Tshisekedi yasinyanye amasezerano n’abacancuro bashya

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yasinyanye amasezerano akomeye n’umucancuro w’Umunyamerika Erik Dean Prince, ashingiye ku kohereza abacancuro b’inzobere kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro ndetse no kugenzura imisoro yinjira n’isohoka mu gihugu. Amakuru yemejwe n’ibiro ntaramakuru bya…

Posted on

Bamwe mu barwanyi ba FDLR baravugwa mu bashinzwe umutekano wa Perezida Ndayishimiye. Icyo Amerika ivuga kuri FDLR

Mu gihe ibihugu byinshi bikomeje kuvuga ururimi rumwe ku kibazo cy’umutwe wa FDLR, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko uwo mutwe w’iterabwoba ugomba gusenywa burundu.   Ibi byatangajwe mu gihe amakuru akomeje gutangazwa n’abaturage n’abasesenguzi bo mu karere, agaragaza…

Posted on

Rayon Sports yateguje gusezera mu gikombe cy’Amahoro burundu mu gihe FERWAFA yaba itubahirije ibyo isaba ku mukino na Mukura VS utararangiye

Ikipe ya Rayon Sports yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ibamenyesha ko itazakomeza irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro 2024-2025 mu gihe hatubahirizwa amategeko agenga amarushanwa, cyane cyane ku bijyanye n’imikino y’ijonjora rya ½ yahuje iyi kipe na Mukura Victory Sports FC…

Posted on

Biravugwa: Mu byo Uwari Meya wa Nyanza, Ntazinda yazize harimo inshoreke

Ntazinda Erasme wari Meya wa Nyanza muri manda ye ya Kabiri yahagaritswe n’inama njyanama y’aka karere ndetse ahita atabwa muri yombi na RIB kuri uyu wa Gatatu taliki ya 16 Mata 2025 aho uhagarariye njyanama yavuze ko mu byo yazize…

Posted on

Tshiseked na Min. Kayikwamba mu gahinda kubera ibyo u Rwanda rukoze

Nyuma y’uko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Kayikwamba Wagner azengurutse amakipe ya Paris Saint Germain na Bayern ayabuza gukorana n’u Rwanda cyane cyane muri gahunda ya Visit Rwanda, ikipe ya PSG yamaze kongera amasezerano y’iyi gahunda kugeza mu mwaka wa…

Posted on