Latest post

Waruzi ko ibirungo witera bishobora guteza ingaruka zikomeye ku buzima bwawe? Dore ibyo ugomba kwitondera

Share this:

Mu buzima bwa buri munsi, ibikoresho byo kwisiga byibanda ku birungo by’ubwiza bisigwa ku minwa, puderi, mascara na foundation ni ingenzi, ariko hari impungenge ku ngaruka bishobora guteza ku buzima, cyane iyo byarenze igihe cyabyo cyo gukoreshwa. Nk’uko BBC ibigaragaza…

Share this:
Posted on

Amaraso y’Abanya-Afurika yabaye imali ikomeye mu buvuzi bugezweho no guhanga imiti

Share this:

Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko isi yose igomba gushyira imbaraga nyinshi mu bushakashatsi bw’amaraso y’Abanyafurika, bavuga ko bafite imiterere y’amaraso y’ingenzi mu guhanga imiti no kugabanya indwara zitandukanye. Nk’uko tubikesha rfi mu nama ya Human Genome Organisation (HUGO) yabereye mu…

Share this:
Posted on

Leta ya Congo ikomeje gushakisha abayifasha gutyaza no kongera ubushobozi bw’igisirikare cyayo FARDC

Share this:

Mu butumwa i Dar es Salam, muri Tanzaniya, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata, Minisitiri w’ingabo wa Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yahuye na mugenzi we wo muri Tanzaniya, Stergomena Lawrence Tax. Icyari kigamijwe muri uru ruzinduko kwari…

Share this:
Posted on

Goma: Bank zigiye kongera gukora

Share this:

Ibikorwa by’amabanki bigiye kongera gufungura mu Mujyi wa Goma nyuma y’amezi abiri bihahagaze nyuma y’uko Inyeshyamba za AFC/M23 zihigaruriye mu mpera za Mutarama. Abinyujije kuri X, Visi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Willy Manzi, yavuze ko banki zongera gufungura imiryango…

Share this:
Posted on

Ituri: Umusirikare wa FARDC yishe umwana na nyina

Share this:

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata 2025, Umusirikare wa FARDC yarashe yegereye umwana na nyina w’imyaka 20, i Bwanasura, umudugudu uherereye ku birometero 39 uvuye muri centre y’ubucuruzi ya Komanda muri Teritwari ya Irumu mu…

Share this:
Posted on

M23 yatangaje ko igiye gushyiraho ingamba zikomeye nyuma y’uko ubutegetsi bwa RDC bwishe abantu 10 mu bice igenzura

Share this:

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ku itegeko ry’ubutegetsi bwa Kinshasa abagizi ba nabi, bishe abantu 10 bo mu muryango umwe barimo abana n’abagore, igaragaza ko itazakomeza kwihanganira ibikorwa bibisha nk’ibyo ndetse ko igiye gushyiraho ingamba zikomeye zikumira bene ubwo bwicanyi. AFC/M23…

Share this:
Posted on

Ubushinwa bwihimuye kuri Donald Trump uheruka kongera umusore ku bicuruzwa bwohereza muri Amerika

Share this:

U Bushinwa bwatangaje inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa bizajya bibwinjiramo biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uburyo bwo kuzihimuraho. Ni icyemezo Beijing yafashe nyuma y’uko ku wa Gatatu w’iki cyumweru Perezida Donald Trump na we yari yashyizeho…

Share this:
Posted on

RDC: Leta igiye gushyiraho itegeko ridasanzwe ku basore n’inkumi kubera u Rwanda

Share this:

Umushinga w’itegeko rigira imirimo ya gisirikare itegeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) washyikirijwe Inteko ishinga amategeko kugira ngo usuzumwe mu nama y’abadepite yo muri Werurwe 2025, nk’uko Ibiri Ntaramakuru bya Congo, ACP, byabimenye ku wa Gatatu, itariki ya…

Share this:
Posted on

Yakatiwe imyaka hafi 3 y’igifungo nyuma yo kubwira ishusho ya Yezu amagambo yafashwe nk’adahwitse

Share this:

Muri Indonesia, umugore uzwi cyane mu gukoresha urubuga nkoranyambaga rwa TikTok witwa Ratu Thalisa, yakatiwe n’urukiko gufungwa imyaka 2 n’amezi 10 muri gereza, nyuma yo kubwira Yezu (ishusho ye) ko akeneye kogoshwa. Urukiko rwa Medan-Sumatra, rwahamije Thalisa icyaha icyo gukwirakwiza…

Share this:
Posted on