Latest post

Ambasaderi wa Israel yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia Avraham Neguise yasohowe mu muhango wa kwibuka ku ncuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi wabereye ku kicaro gikuru cy’umuryango w’Ubumwe bwa Afurika giherereye muri Ethiopia. Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ukomoka muri Djibuti,…

Posted on

Ububirigi bwashatse kwikura mu isoni buvuga impamvu bwatereranye Abatutsi mu gihe cya Jenoside

Leta y’u Bubiligi yagerageje kwikura mu isoni ku mpamvu yatereranye Abatutsi ubwo bakorerwaga Jenoside kuva muri Mata kugeza muri Nyakanga 1994. Alain Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango MSF w’abaganga batagira umupaka, aherutse gusobanura ko igihugu cyabo cyari…

Posted on

Perezida Kagame yavuze ikimuhangayikisha kurusha ibihano amahanga akangisha gufatira u Rwanda

Taliki ya 7 Mata 2025 nk’uko bisanzwe wari umunsi wo gutangira icyumweru cy’icyunamo n’ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Perezida Kagame akaba yagarutse ku bihugu bikomeye bimaze iminsi bikangisha u Rwanda kurufatira ibihano. Perezida…

Posted on

Nzababwira nti ’mujye ikuzimu’ – Perezida Kagame ku bashaka kugena uko u Rwanda rubaho

Perezida Kagame yatangaje ko Abanyarwanda bakwiye guhora baharanira kubaho ubuzima bifuza aho gutegekwa uko babaho cyangwa guteshwa agaciro babwirwa ko babayeho kubw’impuhwe z’undi muntu, ndetse ngo uzashaka kugenera u Rwanda uko rubaho yitwaje ibihano azamubwira ngo ‘jya ikuzimu.’ Yabitangarije mu…

Posted on

Gicumbi: Umukobwa yitwikiriye ijoro yiba inka ajya kuyikwa umusore bateganya kubana

Mu murenge wa Muko, Akarere ka Gicumbi, habaye igikorwa cy’agashya nyuma y’uko umukobwa witwa Mukanyonga Laurence yibye inka ababyeyi be, akazijyana ku rwihisho mu ijoro, aho yasanganirwa n’abari ku irondo ayishyiriye umusore bakundana, Sekamana, uzwi ku izina rya Gafotozi.  …

Posted on

Bugesera: Harashakishwa abishe uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

Mu ijoro rya tariki 04 Mata 2025, mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, hiciwe umubyeyi warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, atewe ibyuma n’ibindi bikoresho gakondo, iperereza rikaba rikomeje ngo abo bagizi ba nabi…

Posted on

Waruzi ko ibirungo witera bishobora guteza ingaruka zikomeye ku buzima bwawe? Dore ibyo ugomba kwitondera

Mu buzima bwa buri munsi, ibikoresho byo kwisiga byibanda ku birungo by’ubwiza bisigwa ku minwa, puderi, mascara na foundation ni ingenzi, ariko hari impungenge ku ngaruka bishobora guteza ku buzima, cyane iyo byarenze igihe cyabyo cyo gukoreshwa. Nk’uko BBC ibigaragaza…

Posted on

Amaraso y’Abanya-Afurika yabaye imali ikomeye mu buvuzi bugezweho no guhanga imiti

Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko isi yose igomba gushyira imbaraga nyinshi mu bushakashatsi bw’amaraso y’Abanyafurika, bavuga ko bafite imiterere y’amaraso y’ingenzi mu guhanga imiti no kugabanya indwara zitandukanye. Nk’uko tubikesha rfi mu nama ya Human Genome Organisation (HUGO) yabereye mu…

Posted on

Leta ya Congo ikomeje gushakisha abayifasha gutyaza no kongera ubushobozi bw’igisirikare cyayo FARDC

Mu butumwa i Dar es Salam, muri Tanzaniya, kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 4 Mata, Minisitiri w’ingabo wa Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yahuye na mugenzi we wo muri Tanzaniya, Stergomena Lawrence Tax. Icyari kigamijwe muri uru ruzinduko kwari…

Posted on