Amerika yihakanye Tshisekedi yanga amabuye ya Congo, Gukorera muri Congo ntibishoboka – Rapport ya Jackson
Ku munsi w’ejo nibwo Congre ya Amerika yumvaga raporo ya Congressman Jackson wari woherejwe kureba niba Ubufatanye Congo yasabye Amerika bushoboka mu bijyanye n’amabuye y’agaciro ndetse n’umutekano. Jackson yavuze ko yahuye n’abaperezida bose bo mu bihugu by’akararere harimo Tshisekedi, Ndayishimiye,…
Igikuba cyacitse: Congo yasajijwe n’ibyavuzwe na USA inaca amarenga ko u Rwanda rwaba rwatanze ruswa
Leta ya RDC yahakanye ibyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ivuga ko kuba igitaramo cya Gims kizabera i Paris cyarashyizwe taliki 7 Mata ari uguhurirana gusa kw’amatariki ngo kuko abagiteguye bahisemo iyo taliki kuko ari wo munsi babonye bakoreraho…
Umwana wishwe n’igihano yahawe na se yababaje abatari bake
Mu gikorwa cy’ubugome mu mujyi wa Ohio, umwana w’imyaka 12, Jadako Taylor, yitabye Imana nyuma yo gukoreshwa ibihano by’ubugome n’umusore w’imyaka 23, Anthony McCants Amakuru atangwa na People avuga ko McCants yafashe uyu mwana akamushyira mu mazi akonje cyane nk’igihano…
Perezida Museveni uzaba umushyitsi mukuru mu gitaramo cya The Ben yamukoreye ikintu gikomeye
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yateye inkunga igitaramo cy’umuhanzi The Ben kizabera i Kampala ku wa 17 Gicurasi 2025 muri Kampala Serena Hotel. Iki gitaramo ni kimwe mu bikubiye mu rugendo rwe ‘Plenty Love World Tour’, rugamije kumenyekanisha Album…
Ububirigi bwohereje Abakomando 500, ibifaro na drone mu burasirazuba bwa Congo ngo bifashe kwirukana inyeshyamba za M23 mu bice zigaruriye
Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru The Great Lakes Eye aravuga ko ku itariki ya 17 Werurwe, Guverinoma y’u Bubiligi yohereje ingabo, ibifaru na drone muri DRC kugira ngo zitoze kandi zongerere ingufu Ingabo za Congo, FARDC n’imitwe bafatanya ya Wazalendo na FDLR,…
Perezida Ndayishimiye yavuze ikintu Gen. Kabarebe yamukoreye kikamubabaza cyane nyamara bari incuti
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yababajwe cyane no kuba Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yaramushinje guhamagarira abanye-Congo bo kwica bagenzi babo bo mu bwoko bw’Amanyamulenge. Kabarebe yabigarutseho mu minsi ishize, ubwo yari mu…
Madedeli wo muri Papa Sava yasezeranye mu mategeko
Umukinnyi wa filime Dusenge Clenia uzwi cyane ku izina rya Madedeli muri filime Papa Sava, yasezeranye imbere y’amategeko na Rugamba Faustin, wahoze ari umukinnyi wa ruhago mu Rwanda. Ubu bukwe bwagizwe ibanga, nta makuru menshi yagiye hanze gusa ariko bivugwa…
Perezida Ndayishimiye yongeye gushimangira umugambi we wo gutera u Rwanda anahishura ikibura ngo arutere
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko afite umugambi wo gutera u Rwanda akagera i Kigali, mu gihe Umujyi wa Bujumbura waba utewe. Ndayishimiye yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana na BBC Gahuzamiryango. Iki gitangazamakuru cyasubiyemo amagambo ye avuga ko mu…
Inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC igiye kongera guterana yiga ku bibazo biri muri RDC. Ingingo zizaganirwaho
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungire, yatangaje ko abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC bagiye guhura hifashishijwe ikoranabuhanga, hagamijwe kwemeza ibyemezo byafashwe n’inama y’abaminisitiri bo muri iyo miryango mu gushakira igisubizo ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC. Yabigarutseho ubwo…
Gen. Muhoozi yahaye M23 icyumweru kimwe ikaba yafashe Kisangani bitaba ibyo akayifatira
Umugaba Mukuru w’Igisirikare cya Uganda, UPDF, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zitazitambika umutwe wa M23 mu gihe wagira umugambi wo gufata Umujyi wa Kisangani. Gen. Muhoozi Kainerugaba ukunze kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko kandi bibaye…