Latest post

Dore ibisobanuro by’ibimenyetso bikoreshwa mu rukundo

Share this:

Wigeze kohereza agashusho ku mutima utekereza uti: “Ni byo? Ni cyo kirebana n’ubusobanuro bw’amarangamutima yanjye?” Ibimenyetso by’urukundo ni nk’ubusobanuro bw’amarangamutima, byerekana ibyiyumvo byihariye mu buryo bworoshye bwo kohereza no kwakira. Guhera ku bishushanyo by’imitima byanditse mu bitabo by’abanyeshuri kugeza ku…

Share this:

Abasore: Ibimenyetso 7 byagucira amarenga ko umukunzi wawe asigaye aguca inyuma

Share this:

Biragoye cyane kumenya neza niba umukunzi wawe aguca inyuma cyane cyane ko izo ngeso akenshi zitagakwiye ku bakundana cyane cyane ku bakobwa ahubwo zizwi cyane ku bahungu , ariko iyo witonze ukitegereza imyitwarire ye , umukobwa ubasha kumenya neza ko…

Share this:

Perezida Tshisekedi yagiye mu Burundi mu ruzinduko rwihariye

Share this:

Perezida wa Repubulika ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, kuri iki cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2024,yagiriye urugendo mu Burundi  , aho  yahuye na mugenzi we  Evaliste Ndayishimiye. Ibiganiro byaba bombi bikaba byabaye mu muhezo, itangazamakuru rikaba ryakumiriwe. Amakuru yashyizwe ku…

Share this:

Kiliziya Gatolika mu Rwanda yamaganye itegeko ryemerera abantu gukuramo inda ku bushake

Share this:

Abepisikopi icyenda ba Kiliziya  Gatolika mu Rwanda bemeje ko badashyigikiye itegeko ryemerera abantu   gukuramo inda mu buryo bwizewe, ubusambanyi  no kunywa imiti ibuza gusama kuko  bunyuranyije n’inyigisho zayo, bityo nta vuriro ryayo na rimwe ryemerewe gutanga iyo serivisi. Mu itangazo…

Share this:

Reka kwishyira mu kaga! ntuzigere ukora ibi bintu ugamije gushimisha umukobwa mukundana

Share this:

Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse…

Share this:

Minisitiri Nduhungirehe yahaye Bruce Melody isezerano rikomeye

Share this:

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yabwiye Bruce Melodie n’abandi bahanzi Nyarwanda ko Guverinoma y’u Rwanda izakomeza kubashyigikira, kuko ibyo bakora ntaho bitaniye n’iby’abandi bahanzi bigaragaza ku rwego mpuzamahanga mu bihe bitandukanye. Yabitangaje mu ijoro ryo kuri uyu…

Share this:

Hakozwe ijisho ry’ikoranabuhanga rizafasha abafite ubumuga bwo kutabona kongera kureba

Share this:

Mu buhanga bugezweho, abaganga n’abashakashatsi bo muri Australia bakoze ikoranabuhanga rihambaye ry’ijisho ryitwa “Bionic eye” rifasha abantu babuze ubushobozi bwo kubona kongera kureba. Iki gikorwa cy’icyitegererezo kigamije cyane gufasha abafite ubumuga bwo kutabona, by’umwihariko ubumuga bwatewe n’indwara zifata imboni cyangwa…

Share this:

Perezida Tshisekedi yavuze ko atashyikirana na M23 kabone n’ubwo yaba ihagaze iwe mu rugo

Share this:

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahize ko atazigera na rimwe ajya mu mishyikirano na M23, kabone n’iyo uyu mutwe wafata Congo yose ukanagera ku muryango w’urugo rwe. Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu tariki ya…

Share this:

Gen. Muhoozi yongeye gutungurana ubwo yavugaga ku Mana

Share this:

Umugaba Mukuru w’Ingabo mu gihugu cya Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Imana ari umwirabura w’umunyafurika, kandi ko igisirikari cya Uganda nicy’u Rwanda ari byo bya mbere ku isi. Mu gihugu cya Uganda hakomeje kwibazwa ku musimbura wa Perezida Yoweri…

Share this:

Reka gukoresha udutima buhumyi! Dore Igisobanuro cy’udutima dukoreshwa mu butumwa bugufi n’igihe cyo kudukoresha

Share this:

Ubutumwa bugufi ni uburyo buryoha cyane kandi bwihuta dukoresha tuvugana n’inshuti zacu cyangwa abavandimwe. Uretse kandi kuba twakwandika, tujya tunohereza utumenyetso/ udushusho mu gihe tubafitiye ubutumwa bwihariye.   Muri iyi nkuru, twaguteguriye ibisobanuro by’utumenyetso dutandukanye tw’umutima dukunze gukoreshwa mu butumwa…

Share this: