Latest post

Uko wakwigarurira umutima w’umukobwa mu minsi 7 gusa

Share this:

Baravuga ngo ubonye umugore mwiza aba abonye ikintu cyiza ndetse ngo burya nubona umugabo mwiza ukwiye ujye umenya ko inyuma ye hari umugore mwiza n’ubwo utamubona. Birashoboka ko hari umukobwa mwiza wabonye ndetse ukabona ko yazakubera umugore mwiza ariko ukabura…

Share this:

ICT Teacher at The Pharo Foundation Rwanda Ltd | Kigali : Deadline: 13-06-2025

Share this:

ICT Teacher Kigali, Rwanda Overview Pharo Foundation is a mission-driven, impact-oriented organisation that designs, funds, and operates economic development programmes to achieve its vision of a vibrant, productive, and self-reliant Africa. The Foundation drives its impact through two key approaches:…

Share this:

Inzu nziza ya Etage ifite ibyumba 4, toilettes 4 n’igikoni cyiza imbere igurishwa make cyane i Rusororo kuri kaburimbo

Share this:

Inzu Nziza Igurishwa Kubashaka Gutura heza Ibyumba Bine Toilette Enye. Ni ukuvuga Buri cyumba Gifite Toilette  Yacyo Cuisine Nziza Ikaba Iherereye Rusororo Hariya Hafi Y’intare Neza Kuri Kaburimbo Yubakishije Amatafari Ahiye Yose Ikaba Ishaka 220M. Duhamagare kuri iyi nimero: +250…

Share this:

Dore amahano atazibagirana yabayeho mu itorwa rya Papa

Share this:

Niba wararebye Film yitwa ‘The Conclave’ uko bisa kose ufite ishusho y’uko itorwa rya Papa rikorwa, uhereye ku mwiherero w’Aba-Cardinal kugera papa asohotse ku ibaraza rya Bazilika ya Mutagatifu Petero akageza ijambo rye rya mbere ku mbaga itabarika y’Abakirisitu n’Isi….

Share this:
Posted on

APR FC yatandukanye n’umutoza wayo Mukuru Darko Novic

Share this:

Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya APR FC yatandukanye n’uwari umutoza wayo mukuru Umunya-Serbia Darko Novic. Amakuru Kigali Today ifitiye gihamya yemeza ko APR FC yamaze gutandukana na Darko Nović nyuma y’umwaka umwe w’imikino asinye amasezerano yagombaga kuzageza mu 2026,…

Share this:
Posted on

Abakobwa / Abakobwa: Niba wibonaho utu tuntu 3 menya ko uri umunyamahirwe – Impamvu

Share this:

Abagore cyangwa abakobwa baremwe mu buryo bugaragara ko butandukanye n’ubwa basaza babo, niyo mpamvu utu tuntu 3 tugiye kukubwira nutwibonaho uraba uri umunyamahirwe kuko tutaba kuri benshi. Hari utuntu tuba ku mibiri y’ab’igitsina gore bigoye cyane kubona ku bagabo, ari…

Share this:
Posted on

Niba ujya ukoresha tefoni mu bwiherero dore ibintu bibi cyane bizakubaho

Share this:

Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’Ikoranabuhanga, NordVPN, bwagaragaje ko 53.4% by’abatuye Isi bagirwaho ingaruka no gukoresha telefone mu bwiherero, u Buhinde bukiharira miliyoni 750 z’ababaswe n’uwo muco. Umuganga mu bitaro bya Gleneagles muri Mumbai, Dr Manjusha Agarwal, yavuze ko gutinda wicaye mu bwiherero…

Share this:
Posted on

Senateri Mureshyankwano yashinje umugi wa Kigali kuba mu bateza imyubakire y’akajagari anawunenga kugira raporo yuzuyemo “Biragayitse”

Share this:

Senateri Mureshyankwano Marie Rose, yatangajwe n’uburyo muri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye muri Kamena 2024, Umujyi wa Kigali ufite ‘Biragayitse’ zirenga eshanu kandi ari wo ufite abakozi bafite ubumenyi n’ubushobozi yewe banahembwa neza kurusha abandi ugereranyije n’utundi turere….

Share this:
Posted on

Dore ikintu cyatunguye benshi mu rubanza uwari Meya wa Nyanza Ntazinda yaburanyemo ifungwa n’ifungurwa

Share this:

Ubwo uwari meya w’akarere ka Nyanza yagezwaga mu Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, uwo benshi bavuzeho kuba inshoreke ye ntiyigeze agaragara mu bantu baje gushyigikira uyu mugabo mu rukiko ubwo yari agiye kuburana. Abantu benshi…

Share this:
Posted on

Corneille Nangaa yahishuye ikosa rikomeyeLeta yakoze anahishura ikintu Abanye-Congo benshi batari bazi

Share this:

Umuyobozi mukuru w’impuzamashyaka ya Alliance Fleuve Congo (AFC) irimo M23 na Twirwaneho, Corneille Nangaa, yatangaje ko buri Munye-Congo wese afatwa nk’umunyamuryango w’iri huriro. Ibi yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wigenga w’Umunyekongo, Steve Wembi. Mu magambo ye, Nangaa yagize ati: “Niba…

Share this:
Posted on