-
Abasore: Dore ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa mukundana yifitiye undi musore wamutwaye umutima
•
Inshuro nyinshi abakobwa baca inyuma abakunzi babo ariko nyuma bakabifata, ndetse bakitwara nkaho nta kintu cyabayeho. Nk’umuhungu rero ugomba kureba neza ukitegereza imyitwarire y’umukobwa mukundana, cyane cyane iyo utangiye kubona urukundo rwanyu rwajemo agatotsi. Ni kuri izo mpamvu wagatangiye kwitegereza niba bimwe muri ibi bimenyetso byagaragara ku mukunzi wawe: 1. Iyo umuhamagaye agatinda kukwitaba.…
-
Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite – Imitoma 10 buri mukobwa wese aba yifuza kubwirwa n’umukunzi we
•
Mugabo nawe musore ukeneye kubwira umugore cyangwa umukobwa mukundana amagambo meza kugirango ajye ahora akwiyumvamo ndetse ntazakurambirwe. Dore amwe mu magambo abagore n’abakobwa bakunda ko wababwira. 1. Uri mwiza 2. Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite 3. I’m sorry (mbabarira cyangwa se unyihanganira) 4. Nukuri ntawagusimbura mu mutima wange 5. Ndugukumbuye ( I miss you)…
-
Dore ibintu 5 biranga urukundo nyarwo buri muntu uri mu rukundo akwiye kumenya
•
Urukundo rw’ukuri rurigaragaza kuko, nirwo rukundo ruhesha amahoro menshi abarurimo.Ese ni iki ukwiriye kurumenyaho ? 1. Urukundo ni ugusangira ntabwo ari ibihe byiza gusa cyangwa ibihe bibi gusa. Nk’uko byemejwe n’inzobere mu rukundo, kuba uri mu rukundo rw’ukuri uzabyerekwa nuko wakiira.Mu rurimi rw’Icyongereza , Urukundo ni Verb ( Inshinga) aho kuba Noun ( Izina).…
-
Dore ibintu 12 abantu bafata nk’ibisanzwe kandi byangiza urukundo buhoro buhoro kugeza ruzimye burundu
•
Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi. Niba ufite imwe muri iyi myitwarire, umenye ko ufite umwanzi uzirana n’urukundo ndetse uzarurimbura buke buke kugeza rurangiye ukabura umukunzi wari warahariye ubuzima bwawe. 1.Kudafuhira umukunzi wawe Mu rukundo uba ugomba…
-
Dore amabanga 11 yagufasha kuba intangarugero mu gitanda ugahora wizihira umukunzi wawe
•
Kugira ngo urugo rube rwiza kandi rukomeye, bisaba ko abashakanye bagira umubano mwiza mu bice byose by’ubuzima, harimo no mu rukundo rw’abashakanye. Mu bijyanye no kwiyubakira urukundo rukomeye, bamwe bishimira kuba abayobozi mu buryo bwo kwereka urukundo rwabo. Dore ibintu by’ingenzi wakora niba wifuza kuba intangarugero mu buriri, byose bigamije kuzamura umubano mwiza n’umutekano…
-
Minisiteri ya Sport yahawe Minisitiri mushya
•
Nelly Mukazayire wari Umunyamabanga uhoraho muri Minisports yagizwe Minisitiri wa Siporo asimbuye Nyirishema Richard wagizwe Umuyobozi Nshingwabikorwa mu Kigo Gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ni bwo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe, hasohotse Itangazo rishyira ku myanya Abayobozi bashya muri Guverimo y’u Rwanda. Iri tangazo rivuga ko ashingiye ku…