Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Abasore: Dore ibintu 10 byagufasha gutuma umukobwa agukunda akakwimariramo

    Buri gihe ujye wibuka, ni “utuntu duto” ukora kenshi n’ “ibintu binini” ukora rimwe na rimwe bitanga inyungu nyinshi ku ishoramari muri Konti yawe y’urukundo! Ubu buhanga n’inama bizakora mu buryo bw’imibanire kandi rwose bizamufasha kongera kugukunda byimazeyo. 1. Mutege amatwi Abagore bakunda umugabo utega amatwi ibibazo byabo n’ibibazo byabo n’ibyifuzo atiriwe akosora. Iyo…

  • Ese kwaba ari ukumuheza! Perezida wa Rayon Sports yateye utwatsi ibyo kuganira no kwishyura Sadate umwenda avuga ko bamubereyemo

    Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yashwishwiburije Munyakazi Sadate uvuga ko ashaka ibiganiro ku ideni ndetse n’amasezerano atarubahirijwe n’iyi kipe, avuga ko baramutse bagiye mu biganiro byaba ari ugutakaza umwanya. Twagirayezu Thaddée yabitangaje ubwo yaganiraga na Radio & TV 10 mu kiganiro cy’imikino ‘Urukiko rw’Ubujurire’. Yavuze ko batanze ibiganiro na Munyakazi Sadate bijyanye nuko…

  • DJ Sonia yiyamye Irene Murindahabi wamukozeho ibiganiro 2 byikurikiranya

    Sonia Kayitesi uzwi cyane nka DJ Sonia umwe mu ba-DJ bagezweho mu Rwanda, yahaye gasopo umunyamakuru Irene Murindahabi ukorera kuri MIE ku muyoboro wa YouTube wagiye umuvugaho ibintu bitamushimishije mu biganiro bitandukanye. Uyu mwuka mubi watangiye nyuma y’uko Irene yagiranye ibiganiro bibiri na DJ Crush, aho baganiriye ku ngingo zitandukanye, harimo n’iyo kugereranya imiterere…

  • Dore imitoma 10(amagambo meza y’urukondo) watera umukunzi wawe mbere y’uko aryama

    Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko kubwira amagambo meza umukunzi wawe agiye kuryama ari ingirakamaro, arara atekereza amagambo meza wamubwiye, akamufasha kudatekereza cyane mubyo aba yiriwemo mu buzima busanzwe bwo gushakisha ,akaruhuka neza kugira ngo mu gitondo abyuke ameze neza Aya magambo meza 10 y’urukundo nuyabwira umukunzi wawe agiye kuryama cyangwa muryamye mwembi azasinzira neza…

  • Dore imitoma 10(amagambo y’urukundo) watera umukunzi wawe akakwiha wese

    Kubwira amagambo meza umukobwa mukundana ni bimwe mu bibagarira urukundo rugakura rugatohagira.Hano twaguteguriye amwe mu magambo meza wabwira umukunzi wawe akarushaho kukwegurira umutima we: 1.Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye zikwirwa neza honyine kurusha uko nazifatisha hagati y’intoki z’undi muntu. 2.Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza…

  • Abasore: Ibimenyetso 10 byakwereka umukobwa wagukunze akabura uko abikubwira

    Abakobwa usanga bagorwa no kuba bafata iya mbere ngo abe yabwira umusore ko yamukunze gusa bimwe mu bikorwa bakora n’imyitwarire ibaranga bikaba byoroshye kumumenya mu gihe yahuye n’umusore uzi gushishoza. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda ariko akabura aho ahera abikubwira. 1.Avugana n’abandi ugasanga wowe arakwitarutsa Umukobwa ugukunda akaba yarabuze aho yaguhera akenshi usanga…