Bagabanye imitungo! Platini yahanye ‘Divorce’ na Ingabire Olivia wari umugore we
•
Umuhanzi Nemeye Platini wamamaye nka Platini P yatandukanye byemewe n’amategeko na Ingabire Olivia wari umugore we. Bari bamaranye imyaka itatu n’amezi ane. Byashimangiwe n’Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata, mu rubanza rwashyizweho akadomo ku wa 27 Kamena 2024. Kandi rwahise rugirwa itegeko. Platini yari yatanze ikirego asaba ubutane bwa burundu (Divorce) ku bwumvikane bw’abashakanye. Nk’uko biri…
Musanze: Umusore yishwe n’icupa rimwe ry’urwagwa yanyweye ariguriwe n’umuturanyi we
•
Kuri uyu wa 17 Nyakanga 2024, umusore witwa Nahimana Eric yapfuye nyuma yo kumara icupa ry’inzoga y’urwagwa mugenzi we yari yamutegeye, ubwo bari mu kabari gaherereye mu i Santere ya Gakingo mu Mudugudu wa Kadahenda mu Murenge wa Shingiro mu Karere ka Musanze. Amakuru avuga ko uyu musore yanyoye iri cupa nyuma y’uko ahamagawe…
Ikipe Mutsinzi Ange akinamo yasezerewe muri Europa Leauge hitabajwe za Penaliti
•
Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan ikinamo myugariro Mutsinzi Ange yatsinzwe na FC Sheriff yo muri Moldova penaliti 5-4, nyuma kunganya ibitego 2-2 mu mikino yombi yo mu ijonjora rya mbere mu yo gushaka itike y’amatsinda ya UEFA Europa League. Zira FK yari yatsinze umukino wa mbere wo hanze igitego 1-0…
Kigali: Umu-Dasso witwa Kalisa arashinjwa gusenyera umuturage nyuma y’uko amwatse fanta(ruswa) akayibura
•
Mu murenge wa Gatsata ho mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umuturage wasenyewe inzu azizwa ko yasimbuje amabati yashaje, akanga gutanga Fanta. Uyu muturage avuga ko inzu ye imaze igihe kinini yubatswe, ndetse ko amabati yasimbuje ari amabati kabiri yari yarashaje. Ati ”Kuko nturanye n’akagari, twasimbuje amabati abiri yari yarashaje, Gitifu yumvise duhonda yarampamagaje…
Abaturage bariye Karungu kubera urupfu rw’umukobwa w’imyaka 20 bivugwa ko yagaburiwe inyama z’injangwe
•
Ku wa Kabiri tariki 16 Nyakanga 2024, ni bwo umukobwa witwa Musengamana wari mu kigero cy’imyaka 20 wo mu Kagari ka Kirebe mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare yashyinguwe, ni nyuma yo kwitaba Imana ku wa Mbere, aho bivugwa ko yazize ibiryo birimo inyama z’ipusi yasangiye n’abavandimwe. Amakuru avuga ko ibi biryo…
Ese umugore ashobora kwikuramo intangangabo zamaze kumugeramo nyuma yo kuryamana n’umugabo? Sobanukirwa
•
Iki ni kimwe mu bibazo byibazwa n’abantu benshi cyane. Bamwe bati:”Ese niba umugabo aryamanye n’umugore , umugabo akarangiza atakoresheje agakingirizo , byashoboka ko izo ntanga zamaze kugenda zagarurwa nyuma?”. Ni ikibazo ariko muri iyi nkuru urabona igisubizo. Iki kibazo kigoye gutya cyarenze ibinyejana bose bacyibaza.Yego ! Birashobokako umugore n’umugabo bagiye gukora imibona1no mpuzabitsi1na babasha…