Iyo atandukanye n’umukobwa bakundana baryamanye ahita ahinduka ihene – Umusore byamuyobeye
•
Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana inkuru y’umusore wagiye gusura umukobwa bakundana batandukanye ahinduka ihene. Uyu musore wagishije inama kuri Facebook ya Kiss FM, yavuze ko iyo atandukanye n’umukunzi we, uyu mukobwa ahita ahinduka inkoko cyangwa ihene. Mu butumwa bwanyuze mu kiganiro Ruhura Umutima, uyu musore agira ati: “Muraho, ndi umusore nkaba ntuye ibyumba ariko…
Birababaje: Rulindo Umugabo w’imyaka 22 yishe umugore we w’imyaka 30 bapfa amafaranga y’ubukwe
•
Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 21 Gicurasi rishyira kuwa Mbere tariki 22 Gicurasi 2017, umugabo yishe umugore we amukebye ijosi hanyuma nawe ahita yimanika mu mugozi ariyahura arapfa. Uyu mugabo w’imyaka 22 y’amavuko wivuganye umugore we w’imyaka 30 ni uwo mu murenge wa Rukozo mu karere ka Rulindo. Intandaro y’uko kwicana no kwiyahura…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Micheline ndetse n’uko ba Micheline bitwara
•
Micheline ni izina rihabwa abana b’abakobwa rifite inkomoko mu giheburayo ku izina Mīkhāʼēl rika ari ikibazo kibaza ngo “Ni nde umeze nk’Imana”. Hari amazina menshi asobanura kimwe na Micheline, twavugamo Michele, Michela Michelline, Michelina n’ayandi. Iyo ari umuhungu bamwita Michel, kubizihiza abatagatifu, mutagatifu Michel yizihizwa tariki ya 19 Kamena. Bimwe mu biranga ba Micheline:…
Inkuru ya Killaman yakoze benshi ku mutima: Kuva mu nzu y’ibyondo kugeza ku nzu y’asaga miliyoni 150RWF ntibyabasha kumvwa na buri wese
•
Umukinnyi wa filime Niyonshuti Yannick Morgan wamenye nka Killaman, yagaragaje ko kwihangana ku mugore we Umuhoza baherutse kurushinga, ariko kwagejeje ku kuba barabashije kwiyubakira inzura y’arenga Miliyoni 150 Frw ushingiye ku mibare itangwa n’abahanga mu kubaka inzu zigezweho muri iki gihe. Ni umwe mu bagabo bigaragaje cyane kuva mu myaka itatu ishize mu rugendo…
CECAFA Kagame Cup: APR FC yatsinze ikipe ya kabiri biyongerera amahirwe yo kugera muri 1/4
•
Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa Kabiri mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ya 2024 riri kubera muri Tanzania ikomeza kuyobora itsinda C irimo. Ni mu mukino wabaye kuri uyu Wa Gatanu Saa Mbili z’ijoro kuri Azam Complex Stadium. Umukino watangiye amakipe yombi yigana ahererekanyiriza umupira mu kibuga hagati nta n’imwe ishaka…
Kuba abarangije amashuri yisumbuye bakwigishwa igisirikare byabamarira iki? Dr. Biruta arabisobanura
•
Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, Dr Vincent Biruta, yasobanuye ko bifuza ko nibura urubyiruko rw’u Rwanda rusoza amashuri yisumbuye rwajya rukora igisirikare umwaka umwe kugira ngo rukomeze kwigishwa indangagaciro no gukorera igihugu. Dr Vincent Biruta yagaragaje ko kwigisha urubyiruko amasomo y’igisirikare mu gihe cy’umwaka umwe byagirira akamaro urubyiruko mu kurushaho kumenya uruhare…