Perezida Kagame yahishuye uko yigeze kwirukankanwa n’umujandarume i Kigali kugirango ategera inzu nyuma akisanga ayituyemo
•
Kandida-Perezida, Paul Kagame yumvikanishije ko ntawe umenya aho bwira ageze, kuko aho Umujandarume yigeze kumwirukana ariho yatuye nyuma yo gutangira ishingano nk’Umukuru w’Igihugu. Ni inkuru yabaze mu kumvikanisha ko Politike ya FPR ishyira mu ngiro ‘uko amateka akwiye kuba yandikwa’. Yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Nyakanga 2024, ubwo yiyamamarizaga kuri Site ya…
Ingaruka mbi za WiFi ku buzima bw’umuntu abantu batajya babwirwa harimo n’izitera urupfu
•
Wi-Fi ni ubwoko bwa konegisiyo (Connection) ya internet bugezweho kandi bukoreshwa n’abatari bake. Iri huzanzira ridufatiye runini bitewe n’aho Isi igeze ariko rikanagira ingaruka mbi ku buzima bwacu zitagaragarira amaso kandi ziteye inkeke. Muri iyi nkuru ntabwo turi bugaruke ku kamaro Wi-Fi idufitiye ahubwo turagaruka ku ngaruka mbi igira ku buzima bwacu zidakunda kuvugwa…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Liza ndetse n’uko abaryitwa bitwara
•
Liza ni izina ry’akabyiniriro ryakuwe ku izina Elisabeth rifite inkomoko mu Giheburayi aho risobanura ngo Imana ni indahiro yanjye cyangwa Imana ni isezerano ryanjye. Bamwe bandika Liza abandi Lisa n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Liza: Liza ni umuntu ugira umutima mwiza, usabana, uganiriza buri wese kandi uzi gutandukanya ibyo akwiye kuvuga n’ibyo atavuga. Ni…
Abasore: Dore ibintu 5 utagomba gukora ugamije gushimisha umukobwa mukundana
•
Basore, ni kenshi ukora iyo bwabaga ngo ushimishe umukobwa ukunda kandi ni byiza, gusa nanone hari ibyo udakwiye gukora urwo waba umukunda uko rwaba rungana kose. 1. Gusuzugura umuryango wawe Abakobwa benshi bajya babona ubitayeho cyane, akaba yanakora ibintu bidafututse kugira ngo arebe kure wajya umwirukaho. Ntuzigere na rimwe usuzugura cyangwa uta umuryango wawe…
Joe Biden yitiranije Zelensky wa Ukraine na Putin w’Uburusiya
•
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yitiranyije Volodymyr Zelensky wa Ukraine na Vladimir Putin w’u Burusiya ubwo bahuriraga mu nama y’umuryango NATO yaberaga i Washington D.C. Zelensky yitabiriye iyi nama nk’umutumirwa kugira ngo ageze ku bakuru b’ibihugu byo muri NATO ibyo Ukraine ikeneye kugira ngo ishobore gutsinda intambara yashojweho n’u Burusiya…
Hamenyekanye undi mwihariko imodoka Perezida Kagame ari gukoresha mu kwiyamamaza ifite – AMAFOTO
•
Nyakubahwa Perezida Kagame ari kujya kwiyamamaza hirya no hino yitwaye mu modoka nziza cyane kandi yihariye yitwa Armored Urban Land ROVER DEFENDER 110 – ya 2023/2024. Iyi modoka aguze vuba, iri mu zikunzwe n’abakomeye kubera ubushobozi ifite bwo kurira imisozi n’umuvuduko wayo. Nyuma yo kuyigura, Perezida Kagame yayishyizemo ikoranabuhanga ryihariye rituma iba igitangaza kurushaho.…