Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Ubutaka bivugwa ko bwahawe u Rwanda bwateje impagarara muri Congo Brazzavile

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko nta butaka Repubulika ya Congo yeguriye u Rwanda ngo rubukorereho ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 10 Nyakanga 2024 ubwo yari amaze kuganira na Perezida wa Congo, Denis Sassou Nguesso, ku masezerano y’ubufatanye mu guteza imbere ubukungu guverinoma z’ibihugu byombi zagiranye muri Mata…

  • Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Gildas ndetse n’uko ba Gildas bitwara

    Gildas ni izina rihabwa umwana w’umuhungu, rikomoka mu rurimi rwa ‘Welsh’ rukoreshwa mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Bwongereza, risobanura “Ukorera Imana.” Bimwe mu biranga ba Gildas: Akunze kurangwa no kuba nyamwigendaho, rimwe na rimwe akaba umuntu ushyira mu gaciro. Biragoye kuba wamukura ku bitekerezo bye cyangwa ku mwanzuro yafashe, n’iyo waba umugira inama, kuko adakunda…

  • Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Sabin cyangwa Sabine ndetse n’uko abitwa iri zina bitwara

    Sabine ni izina rifite inkomoko mu rurimi rw’ikigereki gusa rikunze gukoreshwa n’abakoresha ururimi rw’ikigereki. Iri zina risobanura ngo “Umugore ukomoka mu bwoko bw’abasabine”. Amateka avuga ko ubwoko bw’aba Sabine bari Abataliyani bagiye bagirwa abagore n’Abaromani bakabigarurira bagamije kwagura abaturage babo. Ni mu gihe izina Sabin rihabwa abana b’abahungu risobanura “Umuturage wo mu Butaliyani bwo…

  • Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Joshua ndetse n’uko ba Joshua bitwara

    Joshua ni izina rihabwa umwana w’umuhungu, rifite inkomoko mu giheburayo aho risobanura ngo Imana ni agakiza. Bamwe bamwita Josuee, Joshuah, Yosuwa n’ayandi. Bimwe mu biranga ba Joshua: Ni umuntu udapfa kwihangana kandi ni gake ushobora kumubona aseka, bityo bigatuma hari abatekereza ko ahorana ibintu bitagenda neza muri we. Akunda gutegwa amatwi, kubahwa ndetse akanakunda…

  • Dore ibintu bitanu bituma abagore bakunze kuryamana n’abakozi babo bo mu rugo

    Kuryamana n’abakozi bo mu rugo ni ikibazo kibangamira umubano w’abashakanye kandi gikunze kubaho mu ngo nyinshi. Dore bimwe mu bintu bitanu bikunze gutera abagore kuryamana n’abakozi bo mu rugo. Kwitabwaho bidakwiye n’umugabo: Iyo umugabo adaha umugore we urukundo n’ubwuzu bikwiriye, umugore ashobora gushaka kwitabwaho ahandi. Abakozi bo mu rugo baba hafi kandi akenshi baba…

  • Rayon Sports yakiriye rutahizamu w’igikurankota

    Rayon Sports yakiriye Prinsse Junior Elenga Kanga, rutahizamu ukomoka muri Congo Brazzaville wakiniraga AS Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nyuma yo kuziba ibyuho yari ifite, birimo mu izamu, ubwugarizi no hagati mu kibuga, kuri ubu Murera yatangiye no gushaka ibisubizo mu busatirizi bwa yo, ihereye ku musimbura wa Joackiam Ojera,…