Umupolisi yapfuye arimo gutera akabariro n’indaya muri Lodge
•
Umupolisi yemejwe ko yapfuye ari gukora imibonano n’umugore bivugwa ko ari indaya yo mu mujyi wa Ndhiwa, mu ntara ya Homabay, muri Kenya. Umuyobozi wa polisi mu gace ka Ndhiwa, Paul Rioba, yatangaje ko ibyabaye byabaye ku mugoroba wo ku wa gatanu kandi uwo mugabo ntabwo yatangajwe ariko ngo n’umupolisi. Rioba avuga…
Zimbabwe: Haravugwa inzoka ifata ku ngufu abagore ikiba amafaranga abagabo batazi gutera akabariro
•
Abaturage bo mu Mudugudu wa 5 wa Inyathi, muri Zimbabwe batangaje inkuru idasanzwe ivuga ko inzoka y’amayobera irimo ’gufata ku ngufu’ abagore, igakubita abagabo bafite ibibazo byo gutera akabariro no kwiba amafaranga yabo. B-Metro ivuga ko bamwe mu baturage bavuga ko iyi nyamaswa ari iy’undi muturage uyikoresha mu gushaka amafaranga. Umwe mu…
Volleyball: Mutabazi Yves ukinira amavubi yaburiwe irengero
•
Mutabazi Yves ukinira Ikipe y’Igihugu ya Volleyball yaburiwe irengero muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho yari asanzwe akinira ikipe ya Al Jazira SC. Amakuru y’uko uyu musore yaburiwe irengero yatangiye gucicikana kuri iki Cyumweru tariki 23 Mutarama, gusa umuryango we wo uvuga ko amaze icyumweru kirenga yaraburiwe Irengero. Amakuru yizewe IGIHE dukesha…
Abasore: Dore ibintu 5 ugomba kwirinda cyane igihe ubonye umukobwa mukundana atangiye kujya agusura kenshi
•
Inkumi nitangira kugusura kenshi uzatekereze kabiri kuko nutitondera ibi bintu tugiye kugarukaho, ushobora gusanga wishyize mu kaga gakomeye. Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bintu bitanu uzirinda gukora, igihe ubona inkumi isigaye igusura kenshi uri ingaragu. 1. Ntuzamwemerere kurara iwawe Hari abasore usanga bashimishwa no kuba inkumi yabasura ikarara, cyane cyane ab’ingaragu.…
Ibimenyetso 5 bizakwereka ko umugore yanyuzwe mu gihe cyo gutera akabariro
•
Ibimenyetso 5 bizakwereka ko umugore yanyuzwe mu gihe cy’akabariro Mu gikorwa cyo gutera akabariro usanga abashakanye bafata akanya kanini mu gutegurana ariko iyo umwe cyangwa bose barangije, umwe ntabwo abona akanya ko gukomeza kwita kuri mugenzi we muri ako kanya, rimwe na rimwe bananiwe, ariko biba ari ngombwa ko mukomeza gukurikirana mukamenya ko mwese…
Ubuhamya bwa Musabyimana Jeanette wigisha mu mashuri abanza akaba amaze kugira uruganda rwa miliyoni 80RWF
•
Abarimu bari mu bikorwa by’ubucuruzi, baravuga ko nta na rimwe bibangamira akazi kabo k’uburezi kuko akenshi ibyo bikorwa bikurikiranwa n’abagize imiryango, urugero rukaba ari uwitwa Musabyimana Jeannette wigisha ku Rwunge rw’amashuri rwa Murama mu karere ka Rulindo, umaze kugira uruganda rwa miliyoni 80 z’amafaranga y’u Rwanda. Kuva mu mwaka wa 2006, Musabyimana Jeannette…