Dore indwara 3 ziterwa no gutinda kwihagarika harimo n’izica
•
Bitewe n’ubuzima tubamo bwa buri munsi, hari igihe akazi kaba kenshi bikagorana guhaguruka katarangiye, bamwe bagatangira kwiga umuco wo gufata inkari bakazitindana cyane mbere y’uko bajya kwihagarika. N’ubwo icyo gikorwa kigaragara nk’aho ntacyo gitwaye, kigira ingaruka mbi ku buzima. Uburwayi uzarwara niba ukunda gutindana inkari igihe kirekire utajya kwihagarika: Inkari ziba zigizwe n’iki?…
Uri mu kibuga uri gukina n’abashaka kugutwara umukunzi! Biroroshye kora ibi ubundi umugumane burundu
•
. Uko wakwigarurira umutima w’umukobwa(umusore) ukunda . Ibyo wakora bigatuma umukunzi wawe agukunda kurushaho, . Ibanga ryagufasha gutsindira umutima w’umukunzi wawe Mu gitabo cya cy’Umunyamerika Stephan Labossiere cyitwa ’The Man God Has For You’ (Umugabo Imana igufitiye) harimo uburyo ushobora gukoresha ugahamana n’uwo wihebeye ndetse ugacika izo ntambara z’abo muri guhanganira urukundo rw’uwo wihebeye.…
Akamaro ko kurya inyama z’umwijima, uko zitegurwa ndetse n’ibyo kwitendera mu kuzirya
•
. Akamaro K’inyama Z’umwijima . Uko Wategura Inyama Z’umwijima . Ibivugwa Ku Nyama Z’umwijima Inyama y’umwijima iri mu nyama zitavugwaho rumwe dore ko hari n’abavuga ko umurwayi w’umwijima aba atemerewe kurya iyi nyama. Nyamara kandi mu 1934, abaganga batatu aribo George Whipple, George Minot, na William P. Murphy bahawe igihembo cyitiriwe Nobel mu buvuzi…
Agashya: Abagenzi basunitse indege ubwo yari yanze kwaka – AMAFOTO
•
Biramenyerewe kuba wabona abantu bahuza imbaraga bagasunika ikinyabiziga kigenda mu muhanda nk’imodoka, Moto n’ibindi, ariko biba bitangaje kubona abantu basunika indege nk’ibyagaragaye ku kibuga cy’indege cya Nepal. Amashusho atandukanye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga n’ibitangazamakuru bitandukanye yerekana indeye ya ‘Tara Air’ yagize ikibazo inanirwa kwaka, maze abagenzi barayisunika kugira ngo ibashe kuguruka igere aho yagombaga…
Ntibisanzwe: Abagabo 4 bashuka abakobwa bakabasambanya barangiza bakabiba. Reba uburyo butangaje bakoresha
•
Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane rukekaho gushuka abakobwa, bakabambura no kubakoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato. Abafunzwe ni Habumuremyi Yves, Bizimana Pacific, Mugisha Aimable na Gatete Emmanuel. Uru rwego rwasobanuye ko abakekwa bakoranaga ibi byaha, umwe muri bo akaba ashuka umukobwa bahuriye ku mbuga nkoranyambaga, bagakundana, noneho akazamusaba…
Umugabo yari yavumbuye uburyo bwo gucika camera zo ku muhanda zizwi nka sofia gusa birangira polisi imuteye imboni
•
Nshimiyimana Adolphe w’imyaka 37 yafashwe kuwa mbere, itariki ya 13 Ukuboza acyekwaho guhindura ibirango by’imodoka ye agamije gukwepa amande ajyanye n’umuvuduko. Yafatiwe mu Karere Nyarugenge, Umurenge wa Muhima, yafashwe nyuma yo guhindura ibirango by’umwimerere biranga imodoka ye. Yari ifite RAE 710 F ayihindura RAE 718 P ubwo yavaga mu Karere ka Rubavu ku italiki…