Umuco uragwira: Abagore bashyira igikeri mu myanya y’ibanga yabo. Amashusho agaragaza igikeri gisohoka muri umwe muri bo yateje ururondogoro – IMPAMVU + VIDEO
•
Nyuma yo kubona videwo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye igaragaza igikeri kiva mu bice by’ibanga by’umugore, benshi bahise batangira kwibaza bwa mbere impamvu cyari kirimo mbere. . Umugore yashyize igikeri mu myanya ye y’ibanga atuma abantu bacika ururondogoro . Hamenyekanye akamaro ko gushyira igikeri mu myanya y’ibanga ku bagore . Abantu bakomeje…
Minisitiri w’intebe wa ethiopia yiyemeje kujya ku rugamba akayobora ingabo ze ari kumwe na zo
•
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed avuga ko ubu noneho agiye kuyobora ingabo ze ari “ku rubuga rw’imirwano”, muri iki gihe iyi ntambara imaze umwaka umwe irimo kwegera umurwa mukuru Addis Ababa. . Abiy Ahmed yafashe icyemezo cyo kujya ku rugamba . Minisitiri w’intebe wa Ethiopia agiye kwirwanira n’inyeshyamba Mu itangazo yashyize kuri Twitter ku…
Igisobanuro cy’ijambo Chouchou cyangwa Chou chou rikunze gukoreshwa buhumyi. Dore ibyo ugomba kwitondera mu kurikoresha
•
Abakundana bakunze kwifashisha amagambo atandukanye ngo berekane urwo bakundana. Rimwe muri ayo magambo akunze gukoreshwa harimo n’ijambo Chou cyangwa ChouChou. . Chou chou bisobanura iki? . Uko wakoresha ijambo Chouchou . Icyo ijambo Chou chou risobanura Rimwe na rimwe abakundana bashakisha mu ndimi z’amahanga bagakuramo amagambo meza bakoresha bakabwira abo bakunda mu rwego…
Umugore aratabaza nyuma yo kugurisha iduka rye amafaranga akayaha umukunzi we wamwizezaga ko bazabana
•
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’umugore witwa Sarah Wambui Mbogo urimo gusaba ubufasha nyuma yo guhura n’uruvagusenya mu mujyi wa Mombasa, aho yaje aje guhura n’umukunzi we bahuriye kuri Facebook akanamuha akayabo k’amafaranga amwizeza kumugira umugore. Sarah Wambui Mbogo w’imyaka 27 y’amavuko yavuze ko yavuye mu mujyi wa Nairobi aza mu gace…
Umusore yasabye gusubizwa inkwano ze nyuma yo gukwa umugore azi ko ari mwiza kandi ari ibirungo yitera – AMAFOTO
•
Ibirungo by’ubwiza (MakeUp), ni, bimwe mu bintu bishobora gutuma wibeshya ku mukobwa , kuko hari abahanga mu kubyitera ukaba utabona inkovu yaba afite bityo ukaba wamwibeshyaho nk’uko umusore yatunguwe nyuma yo kubona ko uwo yakoye yamwibeshyeho, asaba ko yasubiswa inkwano yatanze kuko ibirungo by’ubwiza byamushutse. Umuhanga mu gusiga ibirungo (Makeup) ahindura umuntu bikaba…
Mu mafoto reba ikimero cy’umunyarwandakazi Higa Sharon wabyinishije umuhanzi Rema abantu bakumirwa – VIDEO
•
Higa Shalon yabyinanye na Rema abantu bacika ururondogoro bitewe n’imibyinire ye idasazwe yanyuze abatari bake bitabiriye gitaramo. . Higa Sharon Wabyinishije Rema . Amafoto Ya Higa Sharon . Uko Byari Byifashe Mu Gitaramo Cya Rema Umubyinnyi Higa Shalon mu mpera z’icyumweru yasize yandikishije izina rye mu myidagaduro kuko nyuma yo gukaragira umubyimba umuhanzi Rema, ibitangazamakuru…