Burya ngo umugabo ategetswe gusohora incuro 21 buri kwezi – IMPAMVU
•
Nkuko byatangajwe n’ubushakashatsi, ngo ni ngobwa ko umugabo nibura agomba gusohora inshuro zitari munsi ya 21 mugihe cy’ukwezi. Ubushakashatsi buvuga ko biteganijwe ko abagabo bose bagomba gusohora byibuze inshuro 21 mu kwezi kugirango birinde kanseri ya prostate. Ubushakashatsi bwizera ko gusohora kenshi bishobora kugabanya ibyago byo kurwara kanseri ya prostate mugihe cyimyaka 18. Byatangajwe…
Karabaye: Miss Josiane yarabeshywe ntiyabimenya. umusore wamwambitse impeta agiye gukora ubukwe n’undi mukobwa bamaze imyaka 5 bakundana
•
Nyuma y’umwaka n’amezi atatu umusore witwa Tuyishimire Christian asabye Miss Josiane ko yazamubera umugore agahita amwambika n’impeta ya fiancaille, kuri ubu uyu musore ari mu myiteguro yo gusezerana n’undi mukobwa ngo bamaranye imyaka isaga itanu mu rukundo. . Christian Wambitse Impeta Miss Josiane Agiye Gukora Ubukwe N’undi Mukobwa Bamaranye Imyaka 5 Bakundana. . Umusore wakundanaga…
Inyogosho nshya nya Ndimbati ikomeje kuvugisha abatari bake – iFOTO
•
Ndimbati yasekeje abafana be benshi nyuma yo gushyira hanze ifoto ye aho yagaragazaga inyogosho ye nshya. Iyo foto ni iyi ikurikira: Nyuma yo gushyira hanze iyi foto ye bamwe mu bafana be batangaje ibi bikurikira: Nyuma yo gushyiraho ibitekerezo bitandukanye aho ibyinshi byamushimaga ndetse abandi batangara bakavuga ko ashobora kuba atari we.
Abasore: Dore ibintu 15 ugomba kumenya mbere yo kujya gutereta inkumi. Niba utabizi nta kabuza uzaterwa indobo
•
Niba uri umusore kandi ukaba ushaka kwinjira mu rukundo, sobanukirwa n’ibintu bimwe na bimwe abasore baba bagomba kumenya ku bakobwa kugira ngo urugendo rw’urukundo ruguhire iteka ryose. Iyo umusore azi ibi bintu biragoye ko yaterwa indobo. . Ibyo ukwiye kumenya mbere yo kujya gutereta . Ibintu by’ingenzi ugomba kumenya ku bakobwa niba wifuza gutereta…
Abakobwa: Uramutse ukoze ibi bintu nta kabuza umusore mukundana yahita akugira umugore
•
Ni kenshi usanga umukobwa akundana n’umusore akabona ko umukobwa bakundana azavamo umugore wa nyawe ushoboye urugo cyangwa akabona atazabishobora bitewe n’imico ndetse imyitwarire amubonaho. Ariko wakwibaza uti niki nakora ngo umuhungu tugiye kuzabana agire icyizere ko nzaba umugore ushoboye urugo? . Ujya Wibaza Uko Wakwereka Umusore Ko Uzavamo Umugore Mwiza? Dore Uko Wabyitwaramo…
Zinedine Zidane mu biganiro na Manchester United. Dore uko byifashe ubu
•
Manchester United yavuganye na Zinedine Zidane ku kuba yaba umutoza wayo ariko, nkuko bivugwa n’abari hafi y’uyu Mufaransa wahoze atoza Real Madrid, ntabwo ashishikajwe no kujya i Old Trafford muri iki gihe. . Zinedine Zidane ntashishikajwe cyane no kujya muri Manchester United . Zinedine Zidane yifuza kwigira mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa Ole Gunnar…