Uburanga bwa Ella watangaje imishinga mishya ya Meddy – AMAFOTO
•
Ella ni we mukobwa ukomeje kuyobora uduce two mu gice cya mbere cy’inkuru y’urukundo rwa Mimi na Meddy ndetse ugenda anatangaza amwe mu makuru y’ibyamamare biba muri Diaspora nyarwanda uhereye kuri Meddy, The Ben na Shaffy. . Amafoto ya Ella Ni we mukobwa umaze kumenyerwa mu nkuru y’uruhererekane ivuga ku buzima bw’urukundo rwa Mimi…
Nyuma yo guterana amagambo na Olvis, Kwambikwa impeta na Putin no gushaka kwiyahura, Miss Vanessa yabonye umukunzi mushya – AMAFOTO
•
Si ubwa mbere abivuze mu itangazamakuru ko adashaka gutangaza umukunzi we, si n’ubwa mbere avuze ko afite umukunzi ariko kumutangaza bikaba ingorabahizi. Miss Uwase Raissa Vanessa Igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2015 yongeye kujya mu rukundo. Ubuzima bw’urukundo bw’uyu mwali ufite uburanga butangaje bwagiye buvugwa cyane bitewe n’ukuntu azwi mu myidagaduro…
Ujya wibaza impamvu umusore mukundana atajya agusohokana? Dore igisubizo
•
Gusohokana n’umukunzi wawe ni igikorwa cyiza kandi gishimisha. Ni umwanya mwiza wo kuganira ku iterambere n’ahazaza h’urukundo rwanyu. Bibaho kandi ko umusore mukundana mwaba mumaranye igihe kinini atajya agusohokana bitewe n’impamvu nyinshi atakubwira. Mu rukundo rwanyu umusore mukundana akora uko ashoboye ngo akugaragarize ko agukunda ariko mu gihe cyose mumaranye ntaragusaba ko mwasohokana.…
Umugore yataye ubwenge kubera inkoni yakubiswe azira kuryamana n’umugabo utari uwe
•
Amashusho ababaje yavuye mu mujyi wa Banda Aceh muri Indoneziya yerekana umugore wataye ubwenge kubera ububabare yatewe n’inkoni nyinshi yakubiswe azira ko yarenze ku mategeko ya Shariya agasambana n’umugabo batashyingiranwe. Uyu mugore utazwi yakatiwe igihano cyo gukubitwa inkoni 17 hamwe na mugenzi we mu ruhame ariko kuzihanganira byamunaniye yitura hasi kubera uburibwe. …
Reba ikintu gitangaje kibaye kuri wa mugore warongowe n’impanga 2 icyarimwe
•
Izi mpanga zahisemo gusangira akabisi n’agahiye ndetse n’umugore ibyabo ni inkuru itangaje. Impanga zisa neza zakunze umukobwa umwe nawe atabizi kubera ukuntu basa nyuma birangira biyemeje kumugira umugore wabo, ubu babana mu nzu imwe kandi aritegura kwibaruka imfura. Izi mpanga zirifuza ko uyu mugore nawe yakwibaruka impanga. . Umugore utwite umwana w’impanga 2…
Ifoto y’umunsi: Ifoto ya Mashami asubiye ku isuka nyuma yo gutsindwa na Mali ikomeje guca ibintu
•
Amakipe yombi akiva mu rwambariro Perezida wa FERWAFA Nizeyimana Olivier yabanje gushimira Haruna Niyonzima amuha umwambaro wanditseho 105 mu rwego rwo kumushimira imikino igera kuri 105 amaze gukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi. . Abafana Barifuriza Umutoza Mashami Gusubira Ku Isuka Nyuma Y’ibyo Mali Yakoreye Amavubi I Kigali . Mashami Vincent Asubiye Ku Isuka .…