Nta Kinyamakuru Gikorera Kuri Murandasi Kizaducikana Umusoro – MINECOFIN
•
Umusaruro ukomoka kuri serivisi zitanzwe mu buryo bw’ikoranabuhanga n’izitanzwe n’ibitangazamakuru bikorera kuri internet, wongerewe mu mushinga w’itegeko nk’inkomoko nshya y’umusaruro usoreshwa, MINECOFIN ikaba ivuga ko ifite systeme igenzura ibitangazamakuru bikorera kuri murandasi, ku buryo nta kizayicika mu misoreshereze. . Ibinyamakuru bikorera kuri murandasi bigiye gutangira gusoreshwa . Itegeko ku musaruro usoreshwa ryavuguruwe …
Niba ujya ucika intege cyangwa ukangiza mu isegonda mu gihe cy’akabariro, Dore igisubizo kirambye
•
Umuti witwa Revive Capsule wagufasha gusubirana ubuzima bwiza nk’umugabo ukongera kubasha kugira icyubahiro mu rugo ubasha gutera akabariro neza no kudacika integer mu gihe cy’amabanga y’abakuze wahamagara ukaba wabasha gufashwa. Bahagamare kuri: tel:+ 250785686682. Revive Capsule ni umuti mwimerere ukozwe mu bimera; bikomoka mu buvuzi gakondo bw’abashinwa (TCM: Traditional Chineses Medecine), ukorwa mu…
Umupolisikazi w’umunyamideri akomeje kuvugisha benshi kubera ikimero cye – AMAFOTO
•
Uyu mupolisikazi avugisha abantu batari bacye ku mbuga nkoranyambaga kubera uburanga bwe, akina filime akaba n’umunyamideri. Ni umugore wubatse izina, akaba abyaye rimwe. Mary Wanunu ni umunya-Kenya w’umu polisikazi ufite uburanga burangaza benshi. Uburanga bwe no gukina filime byatumye yamamara ku mbuga nkoranyamba bimuha igikundiro muri rubanda. Akunze kuvuga ko akunda kugaragara mu…
Umuyobozi w’ishuri yafashwe asambanyiriza umwana w’imyaka 15 mu biro bye
•
Amakuru aturuka mu gihugu cya Ghana aravuga ko umuyobozi w’ishuri rya Offinso JHS mu gace kitwa Ashanti yafashwe ari gusambanya umukobwa w’imyaka 15 mu biro bye. Uyu muyobozi w’ikigo utaramenyekana izina yafungiye uyu munyeshuri mu biro bye arangije aramusambanya ndetse ngo hashize igihe asambanya uyu mwangavu. Kubera imyaka mike y’uyu mwana,uyu muyobozi…
Korera umukunzi wawe ibi bintu 7 uyu munsi nimugera mu cyumba Ndabizi uzadushimira nyuma
•
Gucana inyuma hagati y’abashakanye cyangwa se abakundana ni ibintu bikorwa cyane cyane iyo hari ibintu aba bombi badahurizaho cyangwa se batumvikana n’ubwo hari ababikora kubera kamere yabo ibibatera cyangwa se kubaho mu buzima batanyurwa. Abahanga ndetse bakaba n’abashakashatsi muby’imibanire hagati y’abakundana bagaragaje ibintu 7 abashakanye cyangwa se abakundana bashobora gukurikiza mu gihe baba bari…
Umukobwa yigize umuhigi maze umusore aba icyahigwaga mu ishyamba! Ifoto ya ‘Save The Date’ yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga – AMAFOTO
•
Hajya hagaragara amafoto atangaje yerekana Couple zafashe umwanzuro wo kurushinga, zigasohora amafoto ya ‘Save The Date’ atangaje mu buryo akoze, nk’uko Couple zo muri Afurika y’Epfo yatangaje abatari bake bitewe n’uburyo umusore aziritse/ahambiriye amaguru mu gihe umukobwa yigize umuhigi mu ishyamba. Ku mbuga nkoranyambaga hacaracaye amafoto aherekejwe n’amagambo atangaje afite ubusobanuro bw’inyurabwenge iyo…