Dore uko wakoresha igishishwa cy’umuneke kugirango uhorane itoto cyangwa wivure indwara z’uruhu zitandukanye
•
Umuneke n’igishishwa cyawo mu byiza bitangaje ku bw’uruhu rw’umuntu, Igishishwa cy’umuneke kigira intungamubiri nyinshi hamwe n’ibifasha uruhu kurwanya iminkanyari, imirongo hamwe no kwangirika k’uruhu. . Ibishishwa by’umunek bivura ibiheri byo ku ruhu . Ibishishwa by’imineke bifasha uruhu guhorana itoto . Ibishishwa by’umuneke ni umuti ukomeye w’indwara z’uruhu . Akamaro k’igishishwa cy’umuneke ku ruhu…
Umugore yakuwemo umukasi mu nda nyuma y’imyaka 7 awugendana
•
Umugore ukomoka muri Sierra Leone yakuwe umukasi mu nda yari amaranye imyaka 7 nyuma y’aho umuganga wamubaze yibagiwe kuwukuramo awumusiga mu nda. . Umuganga yaramubaze yibagirirwa umukasi mu nda ye . Yamaze imyaka 7 agendana umukasi mu nda wamuteraga ububabare budasanzwe . Leta irasabwa gukurikirana umuganga wibagirirwe umukasi mu nda y’umugore Zainab…
Kicukiro: Amadayimoni yatwitse inzu 5 zirashya zirakongoka igitanda na matora byari muri imwe muri zo ntibyagira icyo biba
•
Ibi byabaye kuri uyu wa gatandatu taliki 23 Ukwakira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro, aho umwe mu bakodesha inzu (Umupangayi) witwa Mbavu Dada ukomoka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bivugwa ko yarafite amagini kuko ngo yarasanzwe yanika imyenda ku mugozi igashya nicyo afashe cyose cyahitaga gishya. . Abashinzwe umutekano…
Ibimenyetso 10 byakugaragariza ko umukobwa agukunda byabuze urugero akaba ategereje ijambo ryawe ngo aruguhundagazeho
•
Ese ni iki kikwerekano umukobwa akwiyumvamo cg agukunda akaba yarabuze uko abikubwira, ategereje ko ugira ijambo utobora UKAMUBWIRA. . Ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda cyane ariko adashobora kubikibwira . Ategereje gusa ko hari icyo umubwira ubundi akaguhudangazaho urukundo Tumenyereyeko umusore kenshi iyo akunze umukobwa, amwegera akamubwira ikimuri k’umutima. Kuba umusore ahita afata iyambere…
Mukagatare Clementine wari warishinganishije mu buyobozi yishwe atwikishijwe lisansi
•
Mukagatare Clementine wari utuye mu Mudugudu wa Nyabyondo w’Akagari ka Rutonde k’Umurenge wa Shyorongi w’Akarere ka Rulindo, yishwe n’umuntu utaramenyekana wamusutseho lisansi, arangije aramutwika. . Mukagatare Clementine watotezwaga byarangiye yishwe . RIB yataye muri yombi abakekwaho kwica Mukagatare Clementine Umuseke dukesha iyi nkuru watangaje ko Mukagatare wari ufite imyaka 45 y’amavuko yishwe tarikiya…
Umuvugabutumwa amerewe nabi azira gukoza intoki mu gits***na cy’umukobwa ngo arirukana Satani
•
Urukiko rw’i Accra muri Ghana rwasabye umuvugabutumwa witwa Peter Mensah kwisubiraho nyuma y’aho rwakiriye ikirego ko yakoze mu gitsina cy’umukobwa yabwiraga ko ari kumusengera, ngo yirukanemo Satani. . Umuvugabutumwa yashyize intoki mu gits****na y’inkumi . Umuvugabutumwa akurikiranweho guhohotera umukobwa Mensah kandi urukiko rwasanze yarabanje gukorakora uwo mukobwa, rumurekura bitewe n’uko umurega yavanye…