Sudan: Igisirikare cyahiritse ubutegetsi bw’inzibacyuho
•
Lt Gen Abdel Fattah Burhan, usanzwe akuriye inama ihuriweho n’abasivile ni we watangaje ko yahiritse ubutegetsi bwa gisivili agira ngo arengere igihugu. . Lt Gen Abdel Fattah Burhan yahiritse ubutegetsi . Muri Sudan hongeye kuba ihirikwa ry’ubutegetsi . Abasirikare bafashe ubutegetsi ku ngufu muri Sudan Ku wa Mbere, igisirikare cya Sudan cyasheshe…
Dore ibihugu 10 washakiramo niba wifuza umukobwa mwiza kurusha abandi muri Afurika – AMAFOTO
•
Afurika ni umugabane wakabiri utuwe cyane mu migabane irindwi igize isi, ukaba umugabane wiganjemo abirabura cyane. . Ibihugu 10 bya Afurika bifite abakobwa b’uburanga kurusha ibindi . Abakobwa beza b’uburanga . Ibihugu 10 bya mbere muri Afurika bifite abakobwa beza Dore urutonde rwibihugu icumi bifite abakobwa beza muri aflica: 10. SOUTH…
Utuntu duto cyane 11 wakorera umukobwa ukunda ugatuma ahurwa abandi basore akakwiyegurira wenyine
•
Biroroshye kuba umusore yatuma umukobwa badakundana amukunda kuruta uko yatuma uwo bari mu rukundo cyangwa uwo babana abona impamvu yihariye yo kumukunda. Iyo wamaze kumwigarurira umukoro uba usigaye kandi ukomeye ni ugutuma ahora agukunze. . Ibintu ugomba kwitaho kugirango umukobwa ukunda umwegukane . Nukora ibi ibintu bizagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa ukunda bitakugoye .…
Ibintu 7 byangiza cyane umutima ukwiye kwirinda harimo n’ibifatwa nk’ibisanzwe
•
Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye bimwe mu bintu bito ushobora kwirengagiza nyamara bituma umutima ugenda wangirika cg utangira gukora…
Dore aho amavangingo y’abagore aturuka n’aho atandukanira n’inkari zisanzwe ndetse n’akamaro bigirira umugore uyazana kenshi
•
Mu bihugu binyuranye cyane cyane muri Afurika hakunze kumvikana umuco witwa kunyaza (Rwanda), kachabali (Uganda), n’ahandi. Ibi ni mugihe cy’akabariro aho bigera umugabo ntiyinjize igi**ina mu cy’umugore ahubwo akakizunguza mu mwinjiriro nuko umugore akarekura uruzi rushyushye rwitwa amazi, amavangingo cyangwa amanyare. Icyo gikorwa kikitwa kunyaza. Bamwe bavuga ko ari inkari zisanzwe ziba zije,…
Manchester United ya Cristiano Ronaldo yanyagiwe na Liverpool mu buryo butigeze bubaho mbere mu mateka yayo
•
Ikipe ya Manchester United yanyagiwe na Liverpool ibitego 5-0, mu mukino wa shampiyona y’Abongereza waberaga ku kibuga cyayo cya Old Trafford. . Manchester United yatsindiwe na Liverpool iwayo . Manchester United yatsinzwe ibitego 5-0 na Liverpool . Umutoza wa Liverpool ashobora kwirukanwa nyuma yo kunyagirwa na Liverpool Umukino w’aya makipe yombi ni…