Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Perezida Museveni yamuritse imodoka y’intambara yakorewe muri Uganda – AMAFOTO

    Perezida wa Repubulika ya Uganda akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Yoweri Kaguta Museveni yamuritse imodoka y ‘intambara (igifaru) cyitwa ‘Chui’ cyakorewe mu gihugu cye.   . Igifaru cyakorewe muri Uganda cyatangiye gukoreshwa . Gen. Muhoozi Kainerugaba yishimiye igifaru gishya cyakorewe muri Uganda    Uyu muhango wabaye kuri uyu wa 18 Ukwakira 2021, nk’uko byatangajwe n’Umugaba…

  • Dore ibintu 4 bitangaje utigeze ubwirwa mu rukundo

    Iyi nkuru iragufasha kumenya ibintu 4, utigeze umenya ku rukundo, ibintu 4 byangiza urukundo n’icyo wakora.   Umuhanga Stephan Labossiere uzwi nka Stepah Speaks, yanditse inkuru isobanura neza ibintu abantu bamwe batazi ndetse batanabwiwe, ariko akaba ari ibintu byangiza urukundo mu gihe bitakozwe cyangwa byakozwe nabi. Uyu mugabo nk’uko akunze kubigaragaza mu bitabo bye…

  • Umugore yarashe umugabo wanze ko basomana

    Abapolisi n’abashinjacyaha bo muri Illinois muri Amerika batangaje, umugabo yanze gusoma undi mugore imbere y’umukunzi we birangira yishwe nyuma y’aho uwatewe utwatsi yafashe imbunda y’uyu mugabo amurasa mu gatuza.   Ku wa mbere, Claudia Resendiz-Florez w’imyaka 28 yafunzwe azira urupfu rwatewe no kurasa James Jones w’imyaka 29. Uyu mugore ngo yemeye ubu bwicanyi, bwabaye…

  • Miss Josine Ngirinshuti yegukanye ikamba rya Miss Earth Rwanda 2021

    Josine Ngirinshuti agiye guhagararira u Rwanda muri Miss Earth , nyuma yo kwegukana ikamba rya Miss Miss Earth Rwanda 2021 , ahigitse bagenzi be 20 bari bashakwagamo umwe uzaruhagararira.   Amatora yabaye Hifashishijwe ikoranabuhanga yasojwe mu ijoro ry’uyu wa Mbere tariki 18 Ukwakira 2021, nyuma Akanama Nkemurampaka kagizwe n’abantu batandukanye kemeza ko Josine Ngirinshuti…

  • Korea ya Ruguru yarashe igisasu kigwa hafi y’Ubuyapani biteza impagarara

    Koreya ya ruguru yarashe igisasu cya misile yo mu bwoko bwa ballistic gitererwa mu bwato bwo munsi y’inyanja kigwa mu nyanja yo hafi y’Ubuyapani, nkuko bivugwa n’igisirikare cya Koreya y’epfo.   Iraswa ry’iyi misile ribaye nyuma y’ibyumweru Koreya y’epfo na yo imuritse ku mugaragaro intwaro yayo y’ubu bwoko.   Mu kwezi kwa mbere ni…

  • Rayon Sports yafatiwe ibihano bikomeye na FIFA nyuma yo kwanga kwishyura umukinnyi w’umunya-Cameroun

    FIFA yahaye Rayon Sports igihano cyo kutazagura abakinnyi bashya ubwo isoko rizaba ryongeye gufungurwa mu minsi iri imbere.   Rayon Sports izize kutishyura umunya-Cameroun Philippe Artur Banen,wasinye imyaka ibiri muri 2020 ariko akaza kwirukanwa mu buryo butemewe n’amategeko.   Muri Werurwe uyu mwaka, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryari ryahaye ubuyobozi bwa Rayon…