The Ben yambitse impeta umukunzi we Miss Uwicyeza Pamella aho bagiye kuryohereza ku birwa bya Maldives – AMAFOTO
•
Umuhanzi The Ben yamaze kwambika Miss Uwicyeza Pamella bamaze igihe mu buryohe bw’urukundo ku birwa bya Maldives biherereye mu nyanja y’Abahinde. . Miss Pamella Yambitswe Impeta, . The Ben Yasabye Miss Pamella Kumubera Umugore . The Ben na Miss Pamella bari kuryoshya ku birwa bya Maldives Mugisha Benjamin wamamaye mu muziki nka…
Nyamirambo: Umubyeyi yabuze umwana we watewe inda afite imyaka 13 nyuma y’uko agerageje gukurikirana abamucuruzaga
•
I Nyamirambo hari umugore wacuruje umwisengeneza we bigera aho asama inda ku myaka 13, nyina w’umwana yitabaza inkiko. Uyu mubyeyi waburanye na muramukazi we avuga ko yabuze umwana we kuko yakomeje gushukwa na ba nyirasenge; ariko ngo arakeka ko yaba yarajyanywe I Gitagata kugororwa. Nyinawumuntu Charlotte, utuye mu mujyi wa Kigali, yabyaranye abana…
Umukinnyi ukomeye w’umupira w’amaguru yishwe n’inkoni z’abaturage bamushinjaga kwiba insinga z’amashanyarazi
•
Abantu babiri barakekwaho icyaha cyo kwica Lucky Maselesele wahoze akina umupira w’amaguru muri Afurika y’Epfo. . Lucky Maselesele yakubiswe kugeza apfuye ashinjwa ubujura . Abaturage bicishije inkoni Lucky Maselesele wahoze ari umukinnyi ukomeye w’umupira w’amaguru Uyu mugabo w’imyaka 41 wahoze ari umukinnyi wo hagati wa Kaizer Chiefs, Maritzburg United hamwe n’umukinnyi wo hagati wa…
Icyo umugabo yakora kugirango intanga ze ziyongere bimwongerere amahirwe yo kubyara
•
Impuguke mu by’ubuzima zihamya ko kongera amasohoro no kugira amasohoro afite ubuzima byongera amahirwe yo kubyara, usibye kuba byongera umunezero hagati y’umugabo ugeze igihe cyo kurangiza no gusohora mu mibonano mpuzabitsina n’uwo bari kuyikorana. . Uko wakongera ingano y’amasohoro yawe . Uko wakongera ingano y’intanga zawe . Icyo wakora ukiyongerera amahirwe yo kubyara…
Dore ikimenyetso cyakugaragariza ko umukobwa yigeze gutwitwa cyangwa yabyaye n’ubwo waba utabona umwana
•
Hari abasore usanga bashidikanya ku bakunzi babo bibaza niba barabyariye iwabo cyangwa barakuyemo inda mbere y’uko bahura cyangwa se ugasanga bumva amabwire y’abantu kuri iki kibazo. Iwacumarket igiye kukubwira uburyo warebemo ukamenya niba umukunzi wawe yarigeze atwita cyangwa yarabyaye mbere y’uko muhura. Akenshi umugore utwite azana umurongo uhagaze ku nda ye ku bera…
Abakobwa gusa: Niba umusore mukundana akora ibi bintu 5 ntuzatume aguca mu myanya y’intoki kuko ni we wawe
•
Abantu benshi hanze aha barishuka bakabwirwa ko bakundwa nyamara uko amasaha ashira niko bagenda bavumbura ukuri kuvuga ko bashobora kuba bibeshya. Hafi ya bose, nta n’umwe watanga amakuru ngo asobanure neza niba koko urukundo rumuhageze imbere ari urwa nyarwo. Kwitiranya urukundo byahozeho, ariko bigomba gushira, kuko abantu b’ubu akubwira ko agukunda kandi atabikuye ku…