Abagabo: Dore ibyo ugomba kwitwararika kugirango urinde intanga zawe kwangirika ukaba waba ingumba
•
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye bagaragaza ibi bintu 5 bigira uruhare mu kwangiza intanga z’abagabo. 1.…
Umusore yongeye guhura n’umuryango we nyuma y’iminsi 4 umushyinguye
•
Umuryango utuye mu Karere ka Luweero muri Uganda watunguwe no kongera kubona umusore wawo witwa Bernard Wajja Nsamba wizeraga ko umaze iminsi 4 umushyinguye. Observer dukesha iyi nkuru ivuga ko ku wa Kabiri w’iki cyumweru ari bwo uyu muryango wakiriye inkuru y’akababaro y’uko Nsamba yiciwe mu mirwano yabereye ku muhanda mu Karere ka Nakaseke…
Haba hari ingaruka ziterwa no kuboneza urubyaro ku mukobwa utarabyara? Sobanukirwa iby’ingenzi ukwiye kumenya n’ibyo kwirinda
•
Ubusanzwe kuboneza urubyaro ni uburyo bwo kwirinda kuba wasama. Byumvikane ko bireba buri wese uri mu gihe cyo kuba yabyara. Muri rusange ni ukuva umukobwa atangiye kujya mu mihango, kugeza acuze. Impamvu tutavuze imyaka runaka ni uko igihe cyo kujya mu mihango no gucura kitangana ku bantu bose. Rero kuboneza urubyaro birimo ibice…
Umukozi wo mu rugo yajyanywe mu nkiko kubera kwiba shebuja miliyoni 12RWF we akavuga yayamuhonze nyuma yo kumuryohereza
•
Umukozi wo mu rugo witwa Ruth Khaecha, avugwaho kwiba sebuja akayabo ka miliyoni imwe n’ibihumbi 300 by’amashilingi ya Kenya (akabakaba miliyoni 12 z’amanyarwanda), gusa we avuga ko ayo mafaranga sebuja yayamuhaye nk’ishimwe ry’uko basambanaga. Uyu mukobwa yari yatawe muri yombi ashinjwa kwiba Paul Mwangi yakoreraga mu rugo ruri ahitwa Muthaiga. Amakuru avuga ko ubwo…
U Rwanda rugiye gushora akayabo ka miliyari 200 z’amanyarwanda muri Congo
•
Ikigo cy’ishoramari Crystal Ventures cy’Abanyarwanda gishamikiye ku ishyaka FPR-Inkotanyi riri ku butegetsi, kigiye gushora imari mu cyanya cyahariwe inganda cya Maloukou muri Repubulika ya Congo (ya Brazaville). Ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters bivuga ko abahagarariye iki kigo tariki ya 1 Ukwakira 2021 bagiye i Brazaville mu ruzinduko rwo gusura iki cyanya, hanarebwa uburyo iri…
U Rwanda rugiye kugura indege 12 kabuhariwe z’intambara zitagira abapilote
•
Biravugwa ko Leta y’u Rwanda yaba iteganya kugura indege z’intambara zitagira abapilote za Bayraktar TB2 byibuze 12 na Turukiya, rukazazifashisha mu guhangana n’umutwe w’iterabwoba uhungabanya umutekano mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. . U Rwanda rurashaka kugura drone z’intambara zo kwifashisha muri Mozambique . Turukiya yaba irimo kureshya u Rwanda ngo ruyibere…