Abaperezida b’ibikomerezwa basomeye byimbitse abagore b’abandi mu ruhame – AMAFOTO
•
Gusomana byuje ubwuzu ahinini abakundana bakunze kubikorera ahihererey cyangwa bari bonyine ahantu runaka bahisemo kuganirira. Ku rundi ruhande hari igihe amarangamutima abategeka kubikorera ku karubanda imbere ya za Camera n’ahandi. Tugiye kugaruka ku baperezida basomanye byuje ubwuzu n’abagore barimo n’abatari ababo mu ruhame. Amarangamutima ni ikintu gikomeye kandi cyagukoza isoni imbere y’imbaga. Iyo…
Uburyo bwiza wasomamo umukunzi wawe akazahora abyibuka ubuzima bwe bwose
•
Niba ukunda gusomana cyangwa ubiteganya ni byiza kumenya uko wakwitwara mu gihe ugiye gusomana n’umukunzi wawe ku buryo bihora bimubera urwibutso akaba atabasha kuzabyibagirwa mu buzima bwe, nk’uko urubuga elcrema rubugaragaza. 1. Tangira gahoro Igihe ugiye gusoma umukunzi wawe, tangira buhoro,hera ku munwa we wo hasi uwusiritaho uwawe, ukomereze ku munwa we…
Uburyo 8 wakoresha utereta umukobwa ukigarurira umutima we bitakugoye
•
Niba rero uri umusore ukaba wumva ugeze igihe cyo kugira umukobwa w’inshuti, ni ukuvuga umukobwa mwagirana ubucuti budasanzwe (Girlfriend), hari ibintu bishobora kugufasha kubona umukobwa muhuza. Ushobora kandi kuba utaranigeze ujarajara mu bakobwa benshi ariko noneho ukaba wumva igihe kigeze nyamara ukumva utazi aho wahera wegera umukobwa kandi nyamara umwibonamo. 1. Tangira uterete…
Niba utiteguye guhita utera akabariro uzirinde gukora umukobwa/umugore kuri ibi bice
•
Mu buryo busanzwe, umuntu wese agira ibice by’umubiri we ndetse abantu bose bakagira n’ibyo bahuriraho bitewe n’igitsina cyabo gusa hari ibice bimwe na bimwe by’abakobwa usanga hari abahungu bamwe na bamwe batazi ko kubikoraho bishobora gutuma umukobwa/umugore akwingingira gutera akabariro nawe kubera uburyo kubikoraho bimutera ubushake burenze urugero. Hari abantu benshi ku isi…
Limousine yajyanye umurambo w’umunyamideri washinze Miss East Africa ihagaze Miliyoni 183 Frw ikaba ikodeshwa Miliyoni 4 Frw ku munsi – AMAFOTO
•
Orie Rogo Manduli ni umunye-politike, umunyamideri waryubatse akaba ari nawe washinze irushanwa rya Miss East Africa. Uyu munyabigwi uherutse kwitaba Imana, ya limousine yatwaye umurambo we mu misa yo kumusabira no kumusezera ihagaze Miliyoni 183 frw. Nk’uko twabigarutseho uyu munyabigwi afite amateka n’ibigwi biremereye byatumye agira igikundiro gihambaye. Byabaye amarira n’agahinda gakabije mu…
Uko wamenya imiterere cyangwa imyitwarire y’umuntu ugendeye ku ntoki ze gusa. Wowe ufite izihe? Sobanukirwa
•
Kenshi humvikana ubushakashatsi bunyuranye bugamije kugira ibisobanuro butanga ku muntu hagendewe ku miterere y’igice runaka. Uyu munsi Iwacumarket igiye kubagezaho uburyo wamenya imiterere cyangwa imyitwarire y’umuntu urebeye ku ntoki ze gusa. Ubusumbane bw’intoki Mukuru wa Meme(Ring finger) na Mukubitarukoko(Index finger) busobanuye byinshi ku myitwarire y’umuntu. Ibi bireba cyane abagabo kuko ubu busumbane bujyana n’ingano…