Ibintu 6 bitangaje byakubaho uramutse ufashe uruvange rw’amata n’ubuki buri munsi
•
Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu , ndetse bifite akamaro gakomeye. Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura no gusohora uburozi mu mubiri (Antioxidants), kurwanya bagiteri n’imiyege, ndetse no kurinda ububyimbirwe bw’umubiri. Amata yo akungahaye cyane kuri vitamin n’imyunyungugu y’ingenzi; harimo vitamin A, D naza B zitandukanye ndetse na Calcium.…
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
•
Umugore witwa madi Brooks wo muri USA yanyarukiye kuri Tiktok, avuga ko asangira umugabo we na nyina ndetse na murumuna we bagirana ibihe byiza, hagamijwe kumushimisha. Avuga ko kugira ngo umugabo we yishime, amwemerera kuryamana n’uwo abonye muri abo bombi. Madi ukurikirwa n’ibihumbi bisaga 92 kuri Tiktok, yavuze ngo ” Uwo ni we…
Facebook, WhatsApp, Instagram na Messenger byakwamye
•
Zimwe mu mbuga nkoranyamba zikoreshwa na benshi ku Isi zirimo urwa Facebook, WhatsApp, Instagram na Facebook Messenger, zagize ikibazo kuri uyu wa Mbere biba ngombwa ko zihagarara. Urubuga DownDetector rwatangaje ko izi mbuga nkoranyamba zahagaze ku Isi yose ku isaha ya saa kumi n’imwe n’iminota 44 z’i Kigali. Magingo aya Hashtag ya #Facebookdown n’imwe…
Ibimenyetso 7 byakwereka ko wugarijwe cg uwo mubana yugarijwe n’indwara zo mu mutwe ushobora gusanga udaha agaciro
•
Indwara zo mu mutwe, n’ubwo zirengagizwa na benshi, zikaba zidakunze kuvugwaho cyane, ndetse n’uzirwaye wese akitwa ‘umusazi’, nyamara ni indwara nk’izindi kandi zishobora kwibasira uwariwe wese. . Ikizakubwira ko wugarijwe n’uburwayi bwo mu mutwe . Ibimenyetso warebera ukamenya ko ufite ikibazo mu mutwe ugomba kwihutira kwivuza . indwara zo mu mutwe ziravurwa zigakira icyo…
Amafoto y’ubwambure bw’umunyamakuru wa NTV yagiye hanze
•
Ubwambure bw’Umunyamakuru wa televiziyo NTV, Anne Nakawombe uzwi nka Annie Nixon, yagiye hanze bikozwe na Edgar Luvusi, bahoze bakundana bakaba, banafitanye umwana w’umuhungu. Luvusi yashyize hanze amafoto ya Annie bigaragara ko yari aryamye bikekwa ko yaba yari yasinze cyangwa amaze kubonana n’umugabo utamworoheye. Annie Nixon usanzwe akora ikiganiro cyitwa The Beat, asanzwe azwiho…
Umuhanga wakoze igishushanyo y’umutwe wa Muhammad mu mubiri w’imbwa yaguye mu mpanuka
•
Umuhanga mu gushushanya wo muri Sweden washushanyije umutwe w’Intumwa y’Imana Muhammad uri ku mubiri w’imbwa yapfiriye mu mpanuka yo mu muhanda, nk’uko ibinyamakuru byaho bibivuga. . Lars Vilks yapfiriye mu mpanuka y’imodoka . Lars Vilks wakoze igishushanyo cya Muhammad yapfuye Bivugwa ko Lars Vilks yari mu modoka ya polisi ariko ya gisivili…