Umugabo yafashe umugore we n’uwo yitaga incuti bari kumuca inyuma. Reba ikintu gitangaje yabakoreye
•
Umucuruzi wo muri Tanzaniya yatunguye abantu benshi kubera uburyo yitwaye nyuma yo gufata umugore we ari gusambana n’inshuti ye. . Umugabo yakosheje umugore we nyuma yo kumufata amuca inyuma . Umugabo yatse inkwano umugabo yafashe aryamanye n’umugore we . Yatse inkwano ya Miliyoni 2 z’amanyarwanda umugabo wari umubereye ku mugore . Umugabo yafashe umugore…
Kwizera Olivier yahishuye akayabo Rayon Sports igomba kumuha kugirango ayigarukemo
•
Umunyezamu Kwizera Olivier yabwiye umutoza Irambona Masudi Djuma ko kugira ngo agaruke muri Rayon Sports ari uko iyi kipe izabanza ikamuha miliyoni 10 z’Amanyarwanda . Kwizera Olivier arifuza miliyoni 10 z’amanyarwanda kugirango agaruke muri Rayon Sports . Masudi Djuma yavuganye na Kwizera Olivier ku byo kugaruka muri Rayon Sports . kwizera yaciye akayabo rayon sports…
Umukobwa yahambirijwe n’inteko y’abaturage nyuma yo gukwamira ku musore
•
Mu nteko y’abaturage yabereye mu Murenge wa Cyuve, mu Kagali ka Cyanya, ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bifatanije n’inzego z’umutekano ndetse n’abaturage bakuye umukobwa w’imyaka 19 mu rugo rw’iwabo w’umuhungu na we w’imyaka 19 akaba yari ahamaze igihe avuga ko yarongowe. . Umukobwa wari waranze kuva mu rugo rw’umusore yirukanwe n’inteko y’abaturage . Yishyingiye…
Bizimana Djihad yakuwe mu bakinnyi bazifashishwa ku mikino 2 izahuza u Rwanda na Uganda – IMPAMVU
•
Umukinnyi wo Hagati w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi na KMSK Deinze yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bubiligi, yanduye Covid-19 bituma ajya mu kato kazatuma adakinira u Rwanda mu mikino 2 ruzesurana na Uganda. . Bizimana Djihad ntazitabira imikino 2 u Rwanda ruzakina na Uganda . Bizimana Djihad yanduye covid-19 Bizimana Djihad yari mu…
Sobanukirwa Ingaruka mbi 8 ziterwa n’ibinini byo kuboneza urubyaro
•
Ibinini byo kuboneza urubyaro bikoreshwa n’umubare munini w’abagore bifuza kwirinda indahekana no kubyara abo bashoboye kurera. Bifasha kurinda gusama bitateguwe ku kigero cyo hejuru, mu gihe bifashwe neza uko bikwiye. Gusa byagiye bigaragara ku bagore bamwe na bamwe bashobora gusimbuka gufata ikinini kimwe cg kubifata nabi, ko bashobora gutwita. Ibi binini uretse…
Dore uko gahunda y’ingendo zo gusubira ku ishuri ku banyeshuiri biga bacumbikiwe iteye
•
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyasohoye itangazo rigaragaza gahunda y’ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikirwa igihe bazaba basubira ku mashuri. . Uko abanyeshuri bazasubira ku ishuri . Gahunda y’uko abanyeshuri bazasubira ku ishuri . Uko gahunda yo gusubira ku ishuri iteye ku banyeshuri biga bacumbikiwe Hashingiwe ku ngengabihe y’amasomo y’umwaka w’amashuri wa 2021/2022…