Hagaragaye ifoto y’ibivejuru ku kwezi
•
Umushakashatsi mu by’isanzure Scott Waring, anyuze ku rubuga rwe rwitwa “ET Database” yatangaje ko yabonye amashusho yafotowe n’ibyogajuru bya NASA yaba yarashushanyijwe mu buryo bwa gihanga n’ibivejuru byabaga ku kwezi. Aya mafoto atangaje yashyize kuri uru rubuga rwe ni ayafashwe n’icyogajuru Apollo 17 mu mwaka wa 1972 ubwo abantu babiri ba nyuma baheruka gukorera…
Incuti z’umugeni zamujugunye mu kirere ku munsi w’ubukwe bwe agarutse ntizamusama avunika uruti rw’umugongo
•
Umusore yagiye mu bitaro nyuma y’aho ku munsi we w’ubukwe, abari bamuherekeje bamujugunye mu kirere mu byishimo, ariko bananirwa kumufata, yitura hasi, avunika uruti rw’umugongo. Ubukwe bwatangiye neza ariko ibintu biza kuzamba ubwo umusore yajunywaga mu kirere mu gace ka Bihor mu burengerazuba bw’amajyaruguru ya Romania mu cyumweru gishize. The Sun ivuga ko…
Umugore yavuze impamvu ikomeye yatumye yihemba gushyingiranwa n’umuhungu we – AMAFOTO
•
Ni amahano kumva umubyeyi yashyingiranwe n’umwana we, akenshi mu muco Nyarwanda ni igitutsi n’amahano ndengakamere, ariko umugore witwa Njemani wo muri Malawi yahisemo gushyingiranwa n’umuhungu we, aho avuga ko impamvu nyamukuru ari uko yamureze bityo ko nta wundi mukobwa yamuha. Njemani, w’imyaka 49, yatangaje abatari bake kubera umwanzuro yafashe wo kwanga ko hagira…
Wa mugore wishe ubukwe bugeze mu rusengero akomeje gutungurwa n’ibiri kumubaho – AMAFOTO
•
Umubyeyi witwa Dukuzumuremyi Janvière wasakaye ku mashusho ku mbuga nkoranyambaga mu rusegengero agahagarika ubukwe by’umugabo wamutanye abana batanu yakoranye n’umukunzi mushya yamusimbuje ,ari ibyishimo bikomeye nyuma yo guhabwa amafaranga y’igishoro n’ibikoresho byo munzu byo gutangiza, bizamufasha kurera abana batanu nyuma yo gutabwa n’umugabo. Mu kiganiro yahaye Inyarwanda dukesha iyi nkuru ,uyu mubyeyi yavuze…
RDF yatangaje umubare w’abasirikare b’u Rwanda bamaze gupfira ku rugamba muri Mozambique
•
Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Col. Ronald Rwivanga, yahishuye ko abasirikare bane b’u Rwanda ari bo bapfiriye mu mirwano yabahuzaga n’ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihugu cya Mozambique, mu gihe hishwe ibyihebe byibuze 100. Ni mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa BBC, Anne Soy, wari kumwe n’abandi banyamakuru baherutse gutemberezwa muri iyi ntara ya…
Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rw’ubucuruzi cyo guteza cyamunara igorofa y’umuryango wa Rwigara
•
Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rw’ubucuruzi cyo guteza cyamunara igorofa y’umuryango wa Rwigara Assinapol wabaye umunyemari ukomeye mu mujyi wa Kigali, igeretse kane. Ni nyuma yo kwakira ubujurire bw’uruganda Premier Tobaco Company Ltd rw’uyu muryango, busaba uru rukiko gutesha agaciro iki cyemezo cyari cyarafashwe mbere. Nk’uko tubikesha VOA, umucamanza mu…