Dore icyo wakora mu gihe woherereza ubutumwa umukobwa ukunda ntagusubize
•
Ese ibi byigeze bikubaho? Niba uri hano ndizera ntashidikanya ko byakubayeho nibura rimwe mu buzima. Ni ibintu buri mugabo wese ahura na byo kuba yaba arimo gutereta umukobwa basanzwe bandikirana ariko rimwe yamwandikira ntamusubize. Ibi mu by’ukuri ni ibisanzwe kandi bishobora guterwa n’impamvu nyinshi gusa guceceka igihe kirekire bishobora gutera umugabo guhangayika no kwibaza…
Cristiano Ronaldo yarokoye Manchester United ku munota wa nyuma ahita anaca akandi gahigo
•
Ikipe ya Manchester United ibifashijwemo na rutahizamu Cristiano Ronaldo, yaraye itsinze Villarreal bigoranye ibitego 2-1 mu mukino wa UEFA Champions league wabaye mu ijoro ryakeye. Man United yari yakiriye Villarreal yaherukaga kuyitwara Europa league i Old Trafford, mu mukino wa kabiri wo mu tsinda F rya UEFA Champions league. Manchester United yihariye umupira mu…
Kicukiro: Umugore yamatanye n’umusore basambanaga nyuma yo guca inyuma umugabo we
•
Umugore waciraga inyuma umugabo we muri icumbi (lodge) ahitwa Sodoma mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 29 Nzeri 2021 yafashwe yamataniye n’umusore ku gitanda basambaniragaho. . Umugore yamatanye n’umusore . Umugore yafashwe aca inyuma umugabo we . Umugore n’umugabo bamataniye muri Lodge Umugabo w’uyu…
Sobanukirwa byinshi utari uzi ku intanga ngabo
•
Kuva umuhungu ageze mu bugimbi, ni ukuvuga atangiye kwiroteraho, kugeza abaye umusaza rukukuri, intanga ngabo ze buri munsi zirakorwa zigakura. Muri iyo myaka yose aba ashobora gutera inda, mu yandi magambo, yabyara. Dore ibintu bitandukanye ushobora kuba utari uzi ku ntangangabo Buri segonda hakorwa byibuze intanga 1,000 kuva utangiye kwiroteraho kugeza ushaje. Mu…
Abakobwa: Dore ibintu 6 bikorwa n’umusore wabonye umukobwa w’inzozi ze ! Nabikora uzahite umenya ko ari wowe yahoze yifuza
•
Kubona uwo muzakomezanya ubuzima kandi akaba ari uwa nyawe biragora. Kureka uwo muntu w’ingenzi akagenda na byo birababaza cyane. Ntabwo hari hakwiriye kubaho iryo kosa mu buzima, n’ubwo abenshi bisanga barakoze ayo makosa igihe cyararenze. Umusore uzagukorera ibi bintu uzamenye ko ari we mwaremewe kubana. Ubusanzwe usanga umuntu w’ingenzi kuri wowe yitwara nk’udashaka…
Umugore utagiraga aho aba yahwereye ubwo shebuja yamuhaga inzu yo kubamo
•
Umubyeyi witwa Angel ukomoka muri Nigeria,yatunguwe na shebuja wamuhaye inzu ya miliyoni zisaga 102 z’amanaira ubwo yamenyaga ko uyu mugore wamukoreraga atagiraga aho aba. Kugira ngo amenye ikibazo cy’uyu mugore, shebuja yihinduye nk’umukozi mushya muri sosiyete itanga amahugurwa bikozwe na Angel. Umushahara w’uyu mugore nawo warazamuwe uba $ 14,000 (N5,761.000) kuko yazamuwe…