Uko wahagarika ikibazo cyo kurangiza vuba udakoresheje imiti
•
Bivugwa ko ubuzima bw’urugo hagati y’abashakanye bukomera iyo mu buriri bigenda neza. Niba umugore atari igihaa ndetse n’umugabo akaba azi kurya amavuta akayamaramo akamenya kwinikiza akabishimirwa, nta kabuza n’ikosa yakoze araribabarirwa. Nyamara kandi biba ikibazo gikomeye iyo mu buriri amera nk’umwana ndetse yakitwa ko agiye kubaka urugo bikaba nka ya mvugo y’ab’ubu ngo…
Cristiano Ronaldo yahishuye ikintu gikomeye agiye gukora kugirango afashe umuhungu we kuba umukinnyi w’ikirangirire
•
Rutahizamu Cristiano Ronaldo arashaka kumanikira inkweto muri Manchester United yasinyiye amasezerano y’imyaka 2 ishobora kongerwaho uwa 3 hanyuma akerekeza mu bindi bikorwa. Uyu mukinnyi ukomoka muri Portugal arifuza gutoza muri iyi kipe – kugira ngo bimworohere gukurikirana iterambere ry’umuhungu we Cristiano Jr nawe ukina mu bato bayo. Uyu mukinyi w’imyaka 36 yageze…
Dore ibiribwa bifasha ubwonko bwawe gukora neza
•
Mu buzima bwacu bwa buri munsi ibyo dukora byose biyoborwa nuko dufite ubwenge buzima kandi bukora neza. Iyo ubwenge bwayobye ni ukuvuga igihe umuntu afite uburwayi bwo mu mutwe, usanga ibyo akora nta bwenge ashyiramo, ariho usanga agenda mu muhanda yambaye ubusa, avuga ibiterekeranye cyangwa arwana. Iyo umuntu ashaje nabwo cyangwa afite uburwayi runaka…
Niba wibonaho ibi bimenyetso menya ko ufite udusebe mu gifu wihutire kujya kwa muganga
•
Udusebe ku gifu (cg gastric ulcers) ni indwara ibabaza cyane, irangwa n’udusebe dushobora kuza mu gifu cg amara mato. Utu dusebe tuza ahanini bitewe n’uko ururenda rurinda igifu aside nyinshi ruba rwagabanutse, nuko ya aside igatangira kwibasira ingirangingo z’igifu no gucaho udusebe. Iyi ndwara ishobora kuvurwa igakira, gusa iyo utivuje ishobora kuvamo ikindi…
Rayon Sports yasinyishije umunya-Maroc Rharb Youssef
•
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko yasinyishije rutahizamu Rharb Youssef wakiniraga Raja Cassablanca yo muri Maroc, ku ntizanyo y’umwaka umwe ushobora kongerwa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Nzeri 2021, ni bwo Rayon Sports ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yatangaje ko yamaze gusinyisha amasezerano y’umwaka umwe rutahizamu…
Umutoza wa Manchester united mu mazi abira nyuma yo gutsindirwa mu rugo
•
Umunya-Norvege utoza Manchester United, Ole Gunnar Solskjaer ashobora kwirukanwa kubera umusaruro mubi iyi kipe iri kubona muri iyi minsi mu marushanwa atandukanye iri gukina, bikaba byahumiye ku mirari nyuma yo gutsindwa na Aston Villa muri shampiyona imusanze mu rugo igitego 1-0, Tuchel yatakaje amanota 3 ya mbere muri uyu mwaka w’imikino. Kuri uyu…