Amagambo meza y’urukundo 50 wabwira umukunzi ugatuma agukunda by’iteka ryose
•
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi iwacumarket iragufasha. . Amagambo y’urukundo yagufasha kugusha neza umukunzi wawe . Imitoma wakwifasha ugatuma umukunzi wawe agukunda by’iteka…
Umunyamakuru Bianca yihembye imodoka nziza cyane ku isabukuru ye – AMAFOTO
•
Umunyamakuru Bianca Baby umenyerewe cyane ku izina rya Queen B yerekanye imodoka yihembye ku isaburukuru ye y’amavuko. Iyi modoka Bianca yayerekanye ubwo yajyaga mu kiganiro yagiranye na Yago Tv Show akaba ari nayo yagiye atwaye ari kumwe na bagenzi be ari bo Dj Diallo ndetse na Mc Buryohe bakorana ku Isibo Tv mu kiganiro…
Amafoto y’abanyarwandakazi yatwitse kurusha ayandi kuri instagram
•
Muri iki cyumweru turi kurangiza abanyarwandakazi baatandukanye bagiye bashyira amafoto yabo ku nkuta zabo za Instagram. Dore amwe mu mafoto yaciye ibintu kurusha ayandi kuri instagram muri iki cyumweru. 1. Sacha Kate 2. Kate Bashabe 3. Miss Ishimwe Naomie 4. Yolo the Queen
Theoneste Bagosora wari ufungiye ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yapfuye aguye muri Mali
•
Col. Theoneste Bagosora wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yaguye muri gereza yo muri Mali yari afungiwemo. Umuhungu wa Colonel Theoneste Bagosora witwa Achille Bagosora yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook ko Se yapfuye, amwifuriza iruhuko ridashira. Ni ubutumwa yashyizwe kuri Facebook arandika ati” RIP Papa’ bivuze ngo “Rest In Peace Papa…
Inkuru ishobora kuba ibaye impamo! Ya modoka ihagaze 1/4 cya Miliyari Frw ya Bruce Melodie yaba yamaze kugera mu Rwanda
•
Mu minsi micye ishize hatangajwe ko Bruce Melodie nyuma yo gusinya amasezerano ya Miliyari y’amanyarwanda yatumije imodoka rurangiranwa yo mu bwoko bwa Brabus itunze mbarwa ku isi kubera agaciro kayo nyamara benshi ntibabyizera. Amakuru ahari ni uko iyi modoka yamaze kugera mu Rwanda ndetse ab’inkwakuzi bamaze no kwisabira ko bazahabwa umunyenga muri iyi…
Ibintu 3 byangiza uruhu cyane abantu bakunze kwisiga mu maso bagamije kwivura ibiheri cyangwa gusa neza
•
Hari ibintu usanga abantu barishyiriyeho bavuga ko bituma umuntu akira ibiheri no kugira uruhu rwiza ndetse bigakwira mu bantu bakabifata nk’ukuri kandi ataribyo. Ibyo bintu akenshi iyo bishyizwe ruhu rwo mu maso ushobora gukira ariko ukiteza ibindi bibazo. 1. Umuti wo koza amenyo Usanga abantu bamwe iyo barwaye ibiheri bashyiraho umuti…