Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • MINICOM yashyize hanze amabwiriza 12 agomba kugenda ifungurwa ry’utubari

    Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB) byashyizeho amabwiriza agenga ifungurwa ry’utubari.   Akabari gafungurwa ni agafite icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB cyangwa agafite ipatanti itangwa n’umurenge bikemerera gutanga serivisi z’akabari.   Muri aya mabwiriza kandi harimo ko buri kabari kagomba kugira umukozi ushinzwe kwita ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 kandi…

  • Umuhungu wa Cristiano Ronaldo yavuze icyamutunguye ahura na Lionel Messi bwa mbere

    Umuhungu wa Cristiano Ronaldo mukuru,Cristiano Jr, yatekereje ko Lionel Messi ’ari mugufi cyane’ bituma ahakana ko ariwe ubwo bahuraga mu birori byo gutanga kuri Ballon d’or ya 2017.   Uyu mukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United, ufite imyaka 36, ​​umaze imyaka isaga 10 mu ntambara yo kuba umukinnyi ukomeye ku isi, yatwaye iki gihembo…

  • Ibintu 9 bitangaje byakubaho uramutse uriye umuneke 1 nibura buri munsi

    Imineke ni isoko ntagereranywa y’intungamubiri z’amoko atandukanye ndetse n’imyunyungugu nka potasiyumu. imineke ni bumwe mu bwoko bukunzwe ku isoko ry’imbuto kandi abantu bariye imineke bahamya ko iryoha ku buryo butangaje.   Ni muri urwo rwego tugiye kurebera hamwe umumaro wo kurya nibura umuneke umwe ku munsi:   1. Imineke ifasha kugabanya agahinda gakabije (depression)…

  • Ibanga ryo kongera ubushake bwo gutera akabariro no kuryoherwa n’iki gikorwa mu buryo busesuye

    Ubushake bwo ‘gutera akabariro ku bashakanye, nibwo buryo bwa mbere buhuza kandi bugatuma basabana, bityo bagakomeza kunga ubumwe no kuryoherwa n’ubuzima.   Mu byerekeye ‘gutera akabariro, iyo umwe ataryohewe bitera umwiryane ndetse n’ubwumvikane bucye mu rugo. Kuri bamwe cyane cyane abagabo bakunda kwirukira imiti ikoreshwa mu kongera ubushake bwo gukora imibonano nyamara akenshi ntacyo…

  • Min Gatabazi yavuze ibizitabwaho kugirango akabari kemererwe gukora

    Minisitiri Gatabazi yatangaje ko hizwe uburyo bwinshi buzatuma abagiye mu tubari birinda,mu kiganirano yagiranye na RBA, kuri uyu mugoroba taliki ya 22 Nzeri 2021 .   . Ibizagengerwaho kugirango akabari gafungurwe   Minisitiri Gatabazi yavuze ko kugira ngo utubari dufungurwe, byatewe n’intambwe imaze guterwa mu kwirinda ndetse no kuzirikana ba nyiratwo ndetse n’ubuzima bw’abo…

  • Dore ibintu 6 abagore baba bashaka ku bagabo babo mbere na nyuma yuko babana

    N’ubwo buri muntu muri rusange aba ateye ukwe noneho by’umwihariko abagore n’abakobwa nabo bakaba baba batandukanye mu mico, imyitwarire, mu byo bakunda n’ibindi nk’ibyo, byanze bikunze hari bimwe mu byo abagore bose bifuza ku bagabo babo mbere na nyuma y’uko bashakana.   Kimwe n’abasore cyangwa abagabo, abakobwa cyangwa abagore nabo baba bafite ibintu bifuza…