Imbuto 7 zagufasha kugabanya cyangwa kuringaniza ibiro byawe
•
Imbuto nubwo rimwe na rimwe kubera isukari ibonekamo ishobora kubangamira urugendo rwawe mu gihe wifuza kugabanya ibiro, gusa hari zimwe na zimwe zibonekamo intungamubiri nziza ku buzima bwawe ndetse na calories nke; zigufasha kumva uhaze igihe kirekire, bityo bikakurinda kurya cyane no kwiyongera ibiro utifuza. . Akamaro k’imbuto ku mubiri w’umuntu . Uko…
Cristiano Ronaldo yongeye gukubita incuro Lionel Messi ayobora urutonde rw’abakinnyi bahembwa agatubutse ku isi
•
Umunya-Portugal Cristiano Ronaldo nyuma yo kwerekeza muri Manchester United atanzweho akayabo, yahise yigaranzura Lionel Messi ku rutonde rw’abakinnyi bahembwa amafaranga menshi ku Isi. Ikinyamakuru Forbes Magazine cyatangaje ko mu mwaka w’imikino wa 2021/22 byitezwe ko Cristiano Ronaldo azinjiza akayabo ka $ miliyoni 125 arimo miliyoni 70 agomba guhabwa na Manchester United nk’imishahara n’uduhimbazamusyi. Aya…
Jose Chameleone yahawe imodoka ihenze na Perezida Museveni anahabwa gasopo ndetse abwirwa ikizamwica naramuka asubiranye na Bobi Wine
•
Nyuma y’uko Dr Jose Chameleone ashyikirijwe imodoka nshya yahawe na Perezida Museveni, kuri ubu amakuru mashya ni uko uyu muhanzi yabwiwe n’umuhungu wa Museveni ko niyongera kuva mu ishyaka riri ku butegetsi akajya mu rya Bobi Wine [NUP] azahita umugonga agapfa. . Dr Jose Chameleone yabwiwe ko nasubira muri NUP azagongwa agapfa .…
Aime Uwisize wasibishije igishushanyo cya Jay Polly yavuze impamvu yabimuteye
•
Umuyobozi w’umudugudu w’Umushumbamwiza aho iyo foto yari iherereye mu kiganiro yagiranye n’Inyarwanda dukesha iyi nkuru yasobanuye impamvu yatumye gisibwa. . Igishushanyo cya Jay Polly cyasibwe ku itegeko rya mudugudu . Abantu bamaganye isibwa ry’igishushanyo cya Jay Polly cyari cyaratumye umuhanda umwitirirwa . Igishushanyo cya Jay Polly cyari i Kanombe mu karere ka Kicukiro cyasibwe…
Icyamamare Grand P yajyanwe mu bitaro nyuma y’impanuka yatejwe n’ubunini bw’amabuno cy’umukunzi we
•
Umuhanzi wo muri Gineya akaba n’umuherwe ubana n’ubumuga bw’ubugufi, Grand P, yajyanwe mu bitaro kubera umukunzi we ubyibushye cyane yamwicayeho kubibero bigatuma amatako ye acyebana, maze ntabashe kugenda . Grand P, yamamaye muri Afurika nyuma y’aho avuzwe mu rukundo n’umukobwa w’ikizungerezi, ubyibushye bitangaje witwa Eudoxie Yao, aba bombi inkuru yabo y’urukundo yakwirakwiriye mu…
Ibintu 4 bibi cyane utari uzi bizakubaho niba uryama utajimije amatara yo mu cyumba uraramo
•
Bamwe bakunda kuryama mu mwijima wuzuye, abandi bo ntibashobora kubona ibitotsi mu gihe itara ritari kwaka. Ese bigira izihe ngaruka kuryama amatara yo mu cyumba urimo ari kwaka. . Ingaruka zo kurara ucanye amatara yo mu cyumba uryamyemo . Ibibi byo kuraza abana mu cyumba utazimije amatara . Kurara ucanye amatara bishobora gutera…