Agukunda urw’igice! Kandi wenda utekereza ko azahinduka? Niwisanga ukora ibi bintu uzamenye ko uri mu rukundo rw’igice. Icyo ukwiye gukora mu maguru mashya
•
Cia umwe mu bakobwa bazi imvune iba mu rukundo, yatanze inama ku bantu baba mu rukundo rukora igice kimwe, urukundo rwahengetse umunzani, ukaryamira uruhande rumwe kugeza rubabajwe cyane.Ahari ni wowe ukora byose mu rukundo rwanyu, ukora buri kimwe ariko umeze nk’umuntu uri mu ishyamba wenyine udafite umufata amaguru ngo yurire igiti. Cia yatangiye…
Perezida Kagame yavuze ku bucuti bivugwa ko yagiranye na Paul Rusesabagina ukurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda
•
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko yahuye na Paul Rusesabagina inshuro imwe gusa, ubwo yamwerekwaga, akanamubwirwa n’uwabaye Minisitiri w’Intebe, Faustin Twagiramungu. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro ari kugirira ku kigo cy’igihugu gishinzwe itangazamakuru, RBA, ahakana ibivugwa ko yabaye inshuti ya hafi na Rusesabagina ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ubutabera mu Rwanda. Perezida Kagame…
Imiryango 10 ikize kurusha iyindi ku isi kandi iyoboye isi mu ibanga
•
Amafaranga agira agaciro gusa bitewe n’agaciro abantu bari ku butegetsi biyemeje kuyaha, mu buryo rero ategeka Isi ku rwego runaka. Amafaranga ntaguha umunezero cyangwa urukundo, ariko ashobora kugufasha kubigeraho witonze. Dore imiryango 10 ya mbere ikize ku Isi wavuga ko iyiyoboye 1. Umuryango wa Walton Amafaranga utunze: Miliyari 250 Isoko y’umutungo: Walmart Sam…
Perezida Kagame yahaye igisubizo abajya muri Uganda bagahohotererwayo
•
Perezida Kagame yavuze ko abajya muri Uganda bagahohotererwayo umuti wakemura iki kibazo ari uko bareka kujyayo kuko ni cyo cyonyine gishobora gukorwa mu gihe u Rwanda rudashobora gutegeka abanya – Uganda uko bitwara mu gihugu cyabo. Perezida Kagame kandi yagarutse ku banya Uganda bakomeje guhohotera u Rwanda aho yavuze ko ntacyo yakora igihe…
Perezida Kagame yasubije abashinje u Rwanda gukoresha PEGASUS mu gutata telefoni z’abayobozi bakomeye anakomoza ku cyatumye u Rwanda rwemererwa gukora inkingo
•
Kuri iki cyumweru,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Abanyarwanda gitambuka ku kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru RBA kuri iki Cyumweru tariki 05 Nzeri 2021 guhera Saa 11:00. Perezida Kagame ari gusubiza ibibazo by’abanyamakuru ku ngingo zitandukanye aho yavuze kuri Covid-19, ikoranabuhanga rya Pegasus, Rusesabagina n’ibindi. Perezida Kagame yabajijwe ku ikoranabuhanga rya Pegasus, ibinyamakuru byo mu burengerazuba…
Perezida Alpha Conde wa Guinea Konakry yahiritswe ku butegetsi
•
Kuri iki cyumweru, abasirikare bakomeye muri Guinea Conakry, batangarije mu kiganiro gito cyaciye kuri televiziyo y’igihugu ko basheshe itegeko nshinga ndetse bahirika ku butegetsi Perezida Alpha Conde na guverinoma ye. Icyakora, minisiteri y’ingabo yavuze ko igitero cyagabwe ku ngoro ya perezida n’ingabo zigometse cyahagaritswe. Ku cyumweru mu gitondo, urusaku rukomeye rw’amasasu yumvikanye…