Amarira menshi ni yo yaranze umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Jay Polly – AMAFOTO
•
Kuri iki cyumweru nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku muhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly watabarutse mu ijoro ryo kuwa Gatatu azize uburwayi mu bitaro bya Muhima. . Umuhanzi Jay Polly yasezeweho bwa nyuma . Jay Polly yashyinguwe . Urupfu rwa Jay Polly rwashenguye benshi Umurambo wa Jay Polly wagejejwe…
Hakozwe Drones z’ubwiyahuzi zifatwa nk’intwaro ikomeye kandi iteye ubwoba muri iki gihe. Aho zikorerwa – imikorere yazo…
•
Indege zitagira abadereva (Drones) zirimo guhindura Isi vuba, ariko indege zitagira abadereva za gisirikare zo zirakataje mu ikoranabuhanga aho kuri ubu hakozwe n’iz’ubwiyahuzi bari kwita Kamikaze Drones, zikaba ari zimwe mu ntwaro zigezweho ziteye ubwoba zije guhindura byinshi mu ntambara. Izi drones zitandukanye n’izindi zisanzwe ahubwo yo wayigereranya na missile kuko itwara igisasu ikishwanyaguza…
Facebook yise abirabura inguge biteza impaka zikomeye
•
Ikigo cya Facebook kirasaba imbabazi ku bwo kwibeshya kikagereranya abirabura n’inguge, binyuze muri porogaramu yayo yikoresha (automatic) yitwa AI (Artificial Intelligence). Kugereranya umwirabura n’inguge byaturutse kuri videwo imaze umwaka urenga ku rubuga rwa Facebook, igaragaza umuzungu ahanganye n’itsinda ry’abirabura bizihizaga isabukuru y’amavuko. Nk’uko The New York Times ibisobanura, uyu muzungu agaragara ahamagara polisi…
Ibintu abagore bakunda cyane ariko ntibabibwire abagabo babo ku buryo ubimukoreye ashobora kumwegukana burundu
•
Ubusesenguzi bwagaragaje ko hari ibintu abagore bose bakunda ariko batajya basaba abagabo babo. Ibi bintu abagore hafi ya bose babihuriyeho kandi ntibajya babisaba kabone n’iyo yaba ari umugore usanzwe uzwiho kwisanzura ku mukunzi we. Ibi bintu uko ari 9 inzobere mu by’inkundo zivuga ko ubikoreye umukunzi wawe nta gihe gishira utarigarurira umutima we,…
Umunyamakuru Rober Mugabe abona urupfu rwa Jay Polly mu buryo butandukanye n’ubwo RCS yatangaje. Icyo asaba Leta
•
Umunyamakuru Robert Mugabe yavuze ko igihe yafungwaga yasanze Jay Polly muri Gereza akaba ari we umufasha kubona aho aryama ndetse n’imishinga bari bafitanye bagombaga kuzakorana afunguwe. Robert Mugabe wigeze gufungwa ashinjwa gusambanya umwana ariko akagirwa umwere, yagarutse ku bitekerezo biba biri mu mitwe y’abantu baba bafunze akenshi baba bafite agahinda gakabije gaturuka ku byo…
Gicumbi: Umugabo yatageye kunywa amacupa 12 ya Ngufu apfa amaze 2 yonyine
•
Umusore witwa Tuyisenge John wo mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka Gicumbi, yitabye Imana nyuma yo gukora na mugenzi we intego yo kunywa amacupa 12 y’inzoga zo mu bwoko bwa Liqueur izwi nka ‘Nguvu’. Byabaye ku wa Kane w’iki cyumweru, mu mudugudu wa Karambo ho mu kagari ka Kabeza muri uriya murenge wa…