Abasore: Dore ibintu 5 byoroshye cyane wakora bigatuma umukobwa akwegurira umutima we mu kanya gato
•
Urukundo ruragorana rimwe na rimwe ndetse kenshi abasore baba bibaza icyo bakora kugirango urukundo rwabo n’uwo bihebeye rushinge imizi. Niba urimo gusoma iyi nkuru ni uko nawe ukeneye kumenya ibi bintu byoroshye byagufasha kugera ku ntsinzi ari na byo iwacumarket.xyz igiye kukugezaho uyu munsi. Mbere yo gushaka gukundwa n’umukobwa banza umenye ko uyu mukobwa…
Prezida wa Zambia Hichilema yashyikirijwe “ikigega kirimo ubusa”
•
Umukuru w’igihugu mushyashya wa Zambia yabwiye BBC ko yashyikirijwe ikigega kiri ”gusa”, mu gihe hari amafaranga ” ateye ubwoba” yibwe. Prezida Hakainde Hichilema yavuze ati: “Abantu baracyagerageza kwimura amafaranga ku munota wa nyuma, amafaranga badafitiye uruhushya, amafaranga atari ayabo”. Hichilema yatsinze uwari ku butegetsi Edgar Lungu mu matora y’umukuru w’igihugu mu kwezi…
Lionel Messi yarokotse by’amahirwe ikintu cyari kigiye gutuma ahagarika umupira burundu – VIDEO
•
Ku mugoroba w’ejo ni bwo Ikipe y’igihugu ya Argentine yakinaga na Venezuela mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizakinirwa muri Quatar mu mwaka wa 2022. Ni umukino Argentine yatsinzemo Venezuela ibitego 3-1. Mu gice cya mbere Lionel Messi yakiniwe nabi cyane n’umukinnyi wa Venezuela wamuteye tackle benshi bemeza ko iyo imufata neza byari…
Abakuru b’ibihugu bya Afurika 10 bagenda mu ndege zihariye(Private jets) zihenze kurusha abandi
•
IwacuMarket igiye kubagezaho urutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 muri Afurika bafite indege zihariye zibatwara nziza cyane kandi zihenze kurusha abandi kuri uyu mugabane ruriho umuperezida umwe wo mu Karere ka Afurika y’iburasirazuba. . Abakuru b’ibihugu bagenda mu ndege zihenze kurusha abandi muri Afurika . Uhuru Kenyatta ku rutonde rw’abakuru b’ibihugu 10 bafite indege zihariye zihenze…
Uburanga bw’umukobwa w’ikizungerezi ukundana n’umuhanzi Christopher – AMAFOTO
•
Umunyamakuru wa RBA ukorera kuri Televiziyo ya Kigali Chanel 2(KC2) witwa Abera Martina biravugwa ko ari murukundo n’umuhanzi Muneza Christopher udakunze kuvuga iby’urukundo rwe. . Amafoto y’umukunzi wa Christopher Muneza . Ikimero cy’umukobwa ukundana na Christopher Christopher ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bazwiho kugira ibanga ku buzima bwe butandukanye n’akazi. Mu itangazamakuru…
Amagambo meza y’urukundo aryoheye amatwi wabwira umukunzi wawe akaba yaguha ibyo atunze byose
•
Amagambo y’agahebuzo wabwira umukobwa mukundana akumvako na wundi wamuruta mu buzima bwawe. . Imitoma y’urukundo iryohereye cyane . Mu rukundo habamo intekerezo nyinshi zitandukanye; hakaba n’ubwo umukunzi wawe akubwira ko uri mwiza ariko wowe ntubashe kubyibonaho. Nubona rero inshuti yawe yatangiye kwiheba biturutse ku miterere y’umubiri wayo uzamenye uko ubyitwaramo. Aya…