Umukobwa na Se bafatiwe muri hoteri batera akabariro bakubitwa iz’akabwana. Ibyo umukobwa yavuze kuri Se byatunguye benshi
•
Hajya humvikana ibisa n’amahano mu bihugu bitandukanye aho bamwe batera akabariro bafitanye isano kandi banabizi nk’uko umugabo wo muri Nigeria yakubwiswe kakahava nyuma yo gufatwa aryamanye n’umukobwa we muri Hotel. . Umukobwa yafashwe asambana na se muri hotel . Umugabo yakubitiwe muri Hotel azira gusohokana umukobwa we bagatera akabariro Umugabo yafashwe ari…
Urwego rw’imfungwa n’abagororwa(RCS) rwatangaje icyavuye mu iperereza ryibanze ku kishe umuhanzi Jay Polly
•
Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS), rwatangaje ko amakuru y’ibanze rufite ari ay’uko mbere y’uko Umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly yitaba Imana yari yabanje kunywa Alcohol yifashishwa n’imfungwa ziyogoshesha ivanze n’amazi n’isukari. . Umuraperi Jay Polly yitabye Imana aguye ku bitaro bya Muhima . RCS yatangaje ko Jay Polly yanyweye alchool…
Mozambique: Ingabo za Botswana zoherejwe muri iki gihugu zibereye mu biruhuko mu gihe RDF irimo gukora akazi kose
•
Nyuma y’ukwezi kumwe ingabo za SADC zoherejwe muri Mozambique gufasha iz’iki gihugu gukubita incuro intagondwa za IS, Ingabo zavuye muri Botswana ngo zaba ziri kwiryohereza mu gisa n’ikiruhuko cyazitunguye. . Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba . Ingabo za Botswana zabuze icyo gukora muri Cabo Delgado Amakuru aturuka i Cabo…
Amafoto y’urwibutso ya Joe Habineza na Jay Polly bagendeye rimwe
•
Tariki ya 20 Nyakanga 2021 ni bwo humvikanye inkuru y’incamugongo y’uko uwabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo w’u Rwanda kuva mu 2004 kugeza mu 2011 no kuva muri Nyakanga 2014 kugeza muri Gashyantare 2015, Ambasaderi Joseph Habineza (Joe) yapfuye, azize uburwayi. . Jay Polly yitabye Imana azize uburwayi . Umuhanzi Jay Polly yapfuye …
Kwizera Olivier yigaritse Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa mu mwiherero w’Amavubi
•
Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniraga Rayon Sports umwaka ushize ariko ubu bikaba bitazwi aho azerekeza yavuze ko kumwirukana mu mwiherero w’Amavubi ari akagambane kakozwe mu kumwangisha abafana. . Kwizera Olivier yavuze ko nta masezerano afitiye Rayon Sports . Kwizera Olivier yatangaje ko nta kosa yakoze ryari kumwirukanisha mu mwiherero . Kwizera Olivier avuga ko…
Birababaje: Umugore w’imyaka 20 yabyaye umwana ufite isura y’umukecuru rukukuri
•
Umuntu wese aba agomba kwakira icyo Imana imuhaye kuko hari impamvu biba bibaye, ariyo mpamvu ‘Inda ibyara Mweru na Muhima’ nk’uko umugore wo muri Afrika y’Epfo yibarutse umwana w’umukobwa ugaragara nk’umukecuru rukukuri . . Yibarutse umukecuru rukukuri Mu bitangazamakuru bitandukanye birimo Sabcnews na Correctng, bivuga ko uyu mwana yavutse atangaje mu isura.…