Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Inzoga: ibyiza, ibibi, igipimo ntarengwa

    Iyo tuvuga inzoga, tuba tuvuga ibinyobwa byose bisembuye, cyaba ikigage, urwagwa, primus, amstel, waragi, whisky,  ikibuti, kanyanga, yewemuntu, umurahanyoni, umumanurajipo n’izindi. Izi zose zihurira ku kuba zirimo alukolo, zigatandukanira ku gipimo cya alukolo irimo uko ingana. . Igipimo cy’inzoga umuntu akwiye gufata . Akamaro k’inzoga ku mubiri w’umuntu . Ibibi by’inzoga ku mubiri  …

  • Umuhanzi Nsengiyumva wamamaye nk’igisupusupu yarekuwe

    Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare rwafashe icyemezo cyo kurekura Nsengiyumva Francois uzwi nka Gisupusupu, nyuma y’igihe yari amaze afungiye muri Gereza ya Rwamagana.   Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 26 Kanama, nibwo urukiko rwafashe iki cyemezo rutegeka ko Nsengiyumva ahita arekurwa.   Urukiko rwavuze ko ibimenyetso by’ubushinjacyaha by’uko yakekwagaho gusambanya umwana w’imyaka 13, nta…

  • Afghanistan: Ku kibuga cy’indege cya Kabul hagabwe igitero gikomeye cyahitanye benshi abandi barakomereka

    Abantu bataramenyekana umubare birakekwa ko bitabye Imana abandi barakomereka, nyuma ‘iturika ryabereye hanze ‘ikibuga c’indege c’i Kabul mu murwa mukuru wa Afghanistan. Ni amakuru yemejwe na Minisiteri ‘Ingabo za Amerika (Pentagon) nyuma ‘iminsi mike iki gihugu kiburiye abantu ko hanze ya kiriya kibuga hashobora kugabwa igitero c’ubwiyahuzi. Umunyamabanga ushinzwe itangazamakuru muri Pentagon yavuze ko…

  • Paul Rusesabagina yarimo akorwaho iperereza n’Ububirigi ryari ritararangira ubwo yisangaga i Kigali mu butabera bw’u Rwanda

    Umunyamategeko wunganira Paul Rusesabagina wo mu Bubiligi uherutse kwirukanwa mu Rwanda aravuga ko umukiriya we yaje mu Rwanda mu gihe hari iperereza ryari riri kumukorwaho muri iki gihugu ryari ritararangira kubw’ibyo agasaba ko yakoherezwa rigakomeza akaba ariho aburanira. Rusesabagina ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi, ategereje umwanzuro w’urukiko ku itariki 20 Nzeri aho ashobora kuzakatirwa igihano…

  • Afganistan: Abatalibani barashinja abanyamerika gusahura ubwenge bwa Afghanistan babujyana mu mahanga

    Umutwe witwaje intwaro w’Abatalibani umaze iminsi 9 ufashe ubutegetsi bwa Afghanistan urashinja ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) guhungisha abahanga. Zabihullah Mujahid uvugira Abatalibani mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 24 Kanama 2021 yavuze ko iri guhungisha abarimo ba enjenyeri (engineers) na ba dogiteri (doctors). Mujahid yasabye iki gihugu guhagarika gutwara…

  • PSG igiye gusohoza ibyo yasezeranyije Kylian Mbappe usa n’uwari yariteganyirije

    Isi y’umupira w’amaguru, yiteguye kumva inkuru ya Mpappe ava muri PSG yerekeza muri Real Madrid dore ko Real Madrid yanashyizeho igiciro ishaka kugura uyu Rutahizamu.   . Kylian Mbappe ashobora kwerekeza muri Real Madrid . Amasezerano ya Mbappe muri PSG ateganya ko igihe Real Madrid yavuga ko imwifuza PSG igomba kuganira nayo . Real…