Ba bana Dorcas na Vestina bashyize hanze indirimbo ikomeye ivuga ku byo banyuzemo mu minsi ishize – VIDEO
•
Nyuma y’imvururu nyinshi zagaragaye mu mikoranire ya Vestine na Dorcas na MIE basohoye indirimbo nshya nziza cyane bise ’Ibuye’ isubizamo abantu ukwizera, ikaba ishingiye ku nkuru yo muri Bibiliya ya Dawidi uburyo yishe Goliyati kandi yari umugabo usuzuguritse imbere y’uyu mugabo watitizaga amahanga. . Vestine & Dorcas bashyize hanze indirimo IBUYE . Vestine na…
Leta zunze ubumwe za Amerika zirimo gutegura igitero gikomeye kuri Afghanistan nyuma y’iminsi mike cyane zihakuye ingabo zayo – IMPAMVU
•
USA irimo kwitegura kugaba ibitero kuri Afghanistan mu rwego rwo gusenya ibitwaro byayo n’ahahoze ari ibirindiro by’ingabo zayo nyuma y’uko byigaruriwe n’intagontwa z’Abatalibani. . USA irimo gutegura ibitero by’indege kuri Afganistan . Intwaro za USA zafashwe n’abatalibani Fox News kivuga ko ubutegetsi bwa Biden burimo kwiga ku gitekerezo cya Trump yasimbuye wasabye…
Burya igice cy’umubiri wawe woga mbere igihe wiyuhagira gisobanuye byinshi ku mico yawe – SOBANUKIRWA
•
Niba koko uri ikiremwa muntu, ukunda kugirira isuku umubiri wawe, kandi urawubaha , kuwuhagira no kuwukarabya wabigize umuco, bisobanuye ko buri mu gitondo ukaraba ukitegura umunsi ukuri imbere. Ese ni ikihe gice cy’umubiri wawe uheraho iyo woga? Ese waba uzi icyo bisobanuye ? Muri iyi nkuru turabigusobanurira. . Imico y’umuntu uhereye ku gice…
IS ihanganye na RDF irashinjwa kugira uruhare mu gitero cyagabwe i Dar es Salaam
•
Umutwe wa Islamic State uhanganye n’Ingabo z’u Rwanda mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, urashyirwa mu majwi ushinjwa kugira aho uhurira n’igitero cyaguyemo abantu bane i Dar es Salaam muri Tanzania. Ni igitero cyagabwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, ubwo umugabo wari witwaje intwaro yarasiraga abantu bane barimo abapolisi batatu hafi…
Arimo gishegesha ntavura: Umugabo yapfuye amaze umunsi umwe gusa akoze ubukwe
•
Umugabo witwa Dominic Ssemwogerere uzwi cyane muri Uganda kubera akazi ke k’ubuganga,yakoze ubukwe bw’igitangaza kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize n’umukunzi we Josephine Namuju ariko ku munsi wakurikiyeho yakoze impanuka byarangiye imuhitanye. Ikinyamakuru The New Vision cyavuze ko Bwana Ssemwogerere, wari nyiri ibitaro byitwa Villa Maria Hospital biri I Masaka,yakoze impanuka ubwo yari atwaye impano…
Kajugujugu 10 zitinywa ku rugamba kurusha izindi ku isi – AMAFOTO
•
Attack helicopters) ariko muri bwo hari ubuhiga ubundi mu mikorere no kwiringirwa ku rugamba. Dore kajugujugu 10 za mbere zo kugaba ibitero ziteye imbere kurusha izindi. . Kajugujugu za gisirikare zizerwa ku rugamba kurusha izindi ku isi . Indege z’intambara ziteye ubwoba 1. AH-64E Apache Guardian (USA) 2. Bell AH-1Z Viper (USA)…