Umugeni yasebeje umugabo we yanga ko amusoma mu bukwe bwabo – IMPAMVU
•
Ibirori by’ubukwe ni kimwe mu minsi buri muntu wese aba ategereje kuzabona cyangwa kuzakora. Mu bukwe abageni barasomana bagaterurana n’ibindi mu kwerekana urukundo bakundana. Gusa umugeni yanze ko umukunzi we amusoma abari mu bukwe bagwa mu kantu n’ubwo byarangiye asomwe ku ngufu. Abashakanye babaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitwarire bagaragaje yo kutishimana,…
Ibyobo 5 ukwiye kwirinda kugwamo niba utarafata icyemezo mu rukundo
•
Mugihe utarafata icyemezo cyo kujya mu rukundo hari ibintu 5 ugomba kwirinda kuko uramutse wibeshye ukabikora usanga bikugizeho ingaruka zikomeye cyane cyane iyo wageze mu rukundo, ni ngombwa ko ubyirinda mugiye utariyemeza gukunda. . Amakosa ugomba kwirinda gukora mu gihe utarafata icyemezo mu rukundo . Ntuzagwe mu iyi mitego kuko yagushyira mu kaga…
Ukuri ku ikinamico iri gukinwa na Kwizera Olivier, Nishimwe Blaise na Rugwiro Herve bagifitiye amasezerano Rayon Sports
•
Nyuma y’uko umwaka w’imikino wa 2020/21 urangiye APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona, ikipe ya Rayon Sports yinjiye mu bibazo by’urusobe bijyanye n’abakinnyi bashakaga kuyisohokamo ndetse n’abayisohotsemo kandi bakiyifitiye amasezerano, bamwe banayijyana mu manza, abandi basezera imburagihe nk’iturufu yo kuyisohokamo. . Kwizera Olivier yaba yarisubiyeho ku cyemezo cyo kureka umupira w’amaguru . Rugwiro Herve…
Amakosa 5 akomeye ugomba kwirinda gukora igihe utandukanye n’umukunzi wawe kuko yagukururira ibyago bikomeye
•
Gutandukana bishobora kuba byiza cyangwa bibi bitewe n’impamvu yatumye mutandukana. Abantu babiri bafite imibanire myiza bemerenyijeho mbere yo gukundana bashobora gutandukana igihe babona ibyo bari bateze kubona cyangwa kugeraho ataribyo bari kubona. . Ibintu ugomba kwirinda gukora iyo ushwanye n’uwo mwakundanaga . Ntuzigere ukora aya makosa nuramuka uhagaritse urukundo n’uwo mwari kumwe …
Musanze: Mutwarasibo yakase ikiganza cya SEDO, akoresheje urukero
•
Umuyobozi w’isibo (Mutwarasibo) mu Kagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze yakase ikiganza cy’umuyobozi ushinzwe iterambere n’imibereho y’abaturage (SEDO) Twagirayezu Olivier, akoresheje urukero rukoreshwa mu bwubatsi. . SEDO w’akagari yagiye kubuza umuturage kubaka nta byangombwa amukata ikiganza . Mutwarasibo yakase ikiganza SEDO w’akagari wari uje kumubuza kubaka nta byangombwa …
Ku iherezo wa mukobwa wakunze cyane Bruce Melody bavuganye kuri telefoni si ukumutomora yivayo
•
Umukobwa witwa Gihozo wakunze cyane Umuhanzi Munyakazi Bruce Melodie yavuganye nawe kuri telephone mu kiganiro yagiranye na YagoTv Show akanyamuneza karamusaga maze amusakazaho imitoma myinshi , anamuhishurira ko ari mu rukundo n’umusaza w’imyaka 98 bitewe nuko yamwanze. . Gihozo yavuganye na Bruce Melody yihebeye atamuzi bikamuviramo kwikundira umugabo ukuze . Bruce Melody yaganiriye…