Se wabo wa Abayisenga uherutse kwica padiri mu Bufaransa yanyomoje yavuzwe ku muryango wabo
•
Joseph Murasampongo, sewabo wa Emmanuel Abayisenga ushinjwa kwica umupadiri mu Bufaransa, yabwiye BBC ko bimwe mu byavuzwe kuri Abayisenga n’umuryango wabo nta kuri kubirimo. Ku wa mbere, Abayisenga yishyikirije polisi mu burengerazuba bw’Ubufaransa avuga ko yishe umupadiri witwa Olivier Maire wa paruwasi ya Nantes, impamvu zabimuteye ntiziramenyekana. Nyuma, mu bitangazamakuru no ku…
Yvan Buravan yiswe umupfumu kubera ifoto ye yashyize hanze acigatiye inzoka n’ubwe abihuza na Bibiriya
•
Umuhanzi Yvan Buravan yakoresheje ubuhanuzi buboneka muri Mariko 16:17-19 nyuma yo gufata inzoka nini mu ntoki ze ikomeje kuvugisha abatari bacye ndetse bamwe bakaba banatangiye kumwita umupfumu bitewe n’uko ibyo yakoze atari ibintu bimenyerewe. . Yvan Buravan yashyize hanze ifot ateruye inzoka . Abafana ba Yvan Buravan bakomeje kumwita umupfumu kubera ifoto ye…
Ba Kapiteni 4 bahuriye mu ikipe imwe, hazakina nde hazasibe nde? Hazayobora nde? Dore 11 ba PSG harimo 2 bakuze bazirana
•
Nyuma yo gusinyisha Lionel Messi, ubu isi y’umupira w’amaguru amaso yayerekeje mu gihugu cy’Ubufaransa habarizwa ikipe ya Paris Saint Germain, igiye gutangira umwaka w’imikino ariyo kipe ihemba amafaranga menshi ku isi. . Ninde uzaba Kapiteni wa PSG? . Abakinnyi bashobora kubanza mu kibuga ku ikipe ya PSG . PSG yabaye ikipe igiye kujya…
Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo gushyira ifumbire mu biryo bayitiranyije n’umunyu
•
Abantu 24 bo mu muryango umwe bapfuye nyuma yo kurya ibiryo bikekwa ko byarozwe mu majyaruguru ashyira uburengarazuba bwa Nigeria. Byabaye mu gace k’icyaro kitwa Danzanke muri leta ya Sokoto. Ali Inname ushinzwe ubuzima muri iyi leta, yabwiye abanyamakuru ko uwo muryango wibeshya ugakoresha ifumbire isa n’umunyu mu kurunga ibiryo byabo kuwa mbere.…
Reba ikintu kibi kurusha ibindi umuntu ashobora guhurira nacyo mu rukundo
•
Urukundo ruraryoha, benshi bifuza kurubona no kuruhabwa kandi umuntu wese ashobora gukunda, gusa n’ubwo rugira ibyiza byinshi rushobora no kugira ibibi nyamara abantu benshi usanga batabyibazaho mbere yo kurwinjiramo cyangwa ugasanga batanabizi. Umuntu wese iyo ava akagera yaba umukobwa cyangwa umusore iyo atarakunda aba afite inzozi zo kuzabona uwo munezero ugasanga ndetse agerageza…
Reba ikintu gikomeye cyabaye ku ikipe ya PSG nyuma gato yo gusinyisha rutahizamu Lionel Messi
•
Igihangange, Lionel Messi cyatangiye gusubiza PSG amafaranga yagitanzeho kitarayikinira n’umukino wa mbere aho amakuru arimo kuvugwa ubu avuga ko nyuma y’umunsi umwe asinyiye iyi kipe abafana bayo bakoze igisa nko kugaba igitero ku iduka ryayo bashaka kwibikaho umwambaro wa numero 30 Messi azajya yambara. . PSG yagurishije imipira yose ya Messi yari ifite…