Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Uwari Minisitiri w’ingabo muri Tanzania yitabye Imana

    Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania uri mu ruzinduko rw’akazi hano mu Rwanda, yatangaje ko Elias John Kwandikwa wari Minisitiri w’Ingabo za Tanzania yitabye Imana. . Elias John Kwandikwa wari Minisitri w’ingabo muri Tanzaniya yapfuye . Elias John Kwandikwa yatabarutse . Perezida Samia Suhulu yihanganishije umuryango wa Min. Elias John Kwandikwa watabarutse   Perezida Samia yemeje urupfu…

  • Mozambique: Ingabo za RDF zaba zivuganye izindi nyeshyamba 70

    Bivugwa ko ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique zaba zivuganye abandi barwanyi 70 b’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu. . Amakuru y’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique . RDF yongeye kwica inyeshyamba muri Mozambique   Igitangazamakuru Upstream gifite umwihariko wo gutangaza amakuru ajyanye n’ubucukuzi bw’ibikomoka kuri peteroli…

  • Impamvu yateye isubikwa ry’ibitaramo by’abanyarwanda: Israel Mbonyi na Bruce Melody i Burundi yamenyekanye

    Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu nyayo yatumye Guverinoma y’u Burundi ifata icyemezo cyo gukumira abahanzi bo mu Rwanda gukorera ibitaramo ku butaka bwayo, ari byo biteye urujijo binshi bakurikiranira hafi imyidagaduro na Politiki yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba.   . Ibitaramo by’abanyarwana i Burundi byasubitswe . Israel Mbonyi yasubitse ibitaramo yagombaga kugirira i…

  • Kera kabaye Vestine & Dorcas basinye amasezerano na M.I Entertainment ya Murindahabi Irene

    Abahanzikazi bato bakunzwe cyane muri iyi minsi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Vestine na Dorcas basinyanye masezerano y’igihe kitatangajwe n’inzu ifasha abahanzi mu bya muzika M.I.E y’Umunyamakuru Murindahabi Irénée. . M.I.E na Vestine & Dorcas basinye amasezerano y’imikoranire . Gusinya amasezerano hagati ya MIE na Vestine & Dorcas byatwaye umunsi wose .…

  • Miss Amanda Isimbi wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga yibarutse umukobwa

    Miss Isimbi Amanda wabye nkampinga w’Ishuri ry’Imari n’Amabanki (SFB) muri 2013 na Wamukota Tom Bush usanzwe ari umukinnyi wa Patriots BBC bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kwibaruka imfura yabo y’umukobwa   . Miss Amanda yabyaye umukobwa . Miss Amanda yibarutse imfura ye na Wamukota Tom Bush . Wamukota Tom Bush ukinira Patriots BBC…

  • Wari uzi ko intonganya mu rukundo ari ingenzi?Dore imimaro 6 ikomeye bibazanira

    Hari ubwo uzahura n’abantu bakundana ariko usange iteka bavuga ko batajya batongana na rimwe. Mbese usanga bavuga ko bahora mu mahoro.Hari n’abo uzasanga rimwe na rimwe bacishamo bagashwana bakagira utwo batumvikanaho kandi bikabakomeza mu rukundo rwabo. Uzibuke iyi nkuru n’uhura na ba bandi bavuga ko batajya bashwana.   . Akamaro k’intonganya mu rukundo .…