-
Su-57: Ibidasanzwe ku ndege y’indwanyi yo mu gisekuru cya 5 y’Abarusiya yitezweho guhanga n’iza mukeba wabwo USA – AMAFOTO
•
Indege ya Sukhoi Su-57 ni indege y’intambara yo mu gisekuru cya gatanu yakorewe igisirikare kirwanira mu kirere cy’Abarusiya. Inzobere mu by’igisirikare cyo mu kirere bahamya ko ubushobozi bwa Su-57 buje kongerera imbaraga zidanzwe igisirikare cy’Abarusiya. Iyi ndege ifite agaciro kabarirwa hagati ya miliyoni 50 n’100 z’amadorari ya Amerika. Ingabo zirwanira mu kirere…
-
Gusezera ku mupira kwa Kwizera Olivier ikinamico ikinwa Rayon Sports ishobora gusorezwa muri APR FC
•
Nyuma y’uko umunyezamu w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ na Rayon Sports, Kwizera Olivier, atangaje ko asezeye burundu ku mupira w’amaguru benshi ntibabyemere abandi ntibabyizere, biravugwa ko ari amayeri uyu mukinnyi ari gukoresha kugira ngo aheze burundu amasezerano y’umwaka yari afitiye Rayon Sports, ubundi yerekeze muri mukeba APR FC. Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki…
-
Umukinnyi wa Filime Jay Pickett yitabye Imana ari gufatwa amashusho ya Filime yiteguraga gusohora
•
Umukinnyi wa filime w’umunyamerika ukunzwe cyane muri Filime zitandukanye, Jay Pickett yapfuye ari mu gikorwa cy’akazi ke mu ifatwa ry’amashusho ya Filme yiteguraga gusohora. Nk’uko amakuru y’ikinyamakuru USA Today abitangaza, ibi byabaye mu gihe yari gufata amashusho. Yitabye Imana ku wa Kane tariki ya 29 Nyakanga 2021, ubwo yari mu kazi k’ifatwa ry’amashusho…
-
Umugore akomeje gukora amafoto akomeje kuvugisha benshi ku isi ndetse akaba agiye kumugira umuherwe
•
Umugore ukomeje gutungura benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga kubera ubuhanga yifitemo mugukora amafoto asekeje kandi atangaje . Catherine Jepkembi umugore w’umunyempano zitangaje w’imyaka 25 ,ukomoka mu gihugu cya Kenya akomeje gutugurana mu mafoto atagaje ashyira kumbuga nkoranyambaga n’ubuhanga bwo kwifotoza afite. Uyu mugore w’abana 2 yatangiye gukora aya mafoto asa naho yikinira ariko…
-
Abafana ba Rayon Sports bazindukiye ku biro byayo kubaza abayobozi ku hazaza hayo
•
Itsinda ry’abafana ba Rayon Sports biganjemo abazwi nk’aba hooligans baramukiye ku biro byayo biri ku Kimihurura bashaka guhura na komite y’ikipe iyobowe na Jean Fidèle Uwayezu kugira ngo bahane ibitecyerezo ku hazaza h’iyi kipe. Nyuma yo kurangiza ku mwanya wa 7 muri shampiyona ishize ndetse ikipe igatakaza abakinnyi bayo barimo Mugisha Gilbert n’abandi…
-
Bugesera: Imodoka yari itwaye ibicuruzwa yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari ihagaritswe na Polisi
•
Imodoka itwara abagenzi yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yahiriye muri Gare ya Nyamata mu Karere ka Bugesera ubwo yari itwaye ibicuruzwa Polisi ikayihagarika ariko igahita ishya. Iyi modoko yo mu bwoko buzwi nka Taxi Min-Bus, yahiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 02 Kanama 2021. Iyi modoka isanzwe itwara…