-
Witegereza birenze! Uyu mukobwa aragukunda n’ubwo atabikubwiye niba agukorera ibi bikurikira
•
Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. Kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. . Dore ibimenyetso byakugaragariza ko umukobwa agukunda . Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa uzamenye ko akwiyumvamo Mu gushaka gufasha abasore…
-
Umugabo wanjye araranye boxer nasaba gatanya naho umugore wima cheri we ni inkunguzi – Bishop Brigitte arabivuze
•
Bishop Mukanziga Brigitte yahanuye abashakanye barara bambaye abita “inkunguzi” agaragaza ko bisenya ingo. Mu kiganiro yagiranye na Isimbi TV kibanze ahanini ku busabane bw’umugore n’umugabo mu cyumba yagaragaje ko abarara bambaye bibakururira ibyago byo gusenya ingo zabo. Bishop Mukanziga Brigitte, umushumba Mukuru w’Itorero Imbaraga z’Imana mu Rwanda (The Power of…
-
RBC: Igiciro cyo kwipimisha covid-19 cyagabanyijwe
•
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima [RBC] cyatangaje ku mugoroba w’iki Cyumweru tariki 01 Kanama 2021 ko igiciro cyo kwipimisha COVID-19 byihuse (Rapid Test) mu mavuriro y’abikorera cyakuwe ku 10,000 Frw cyari kiriho gishyirwa ku 5,000 Frw . RBC yavuze ko iki giciro kizatangira gukurikizwa ku ya 9 Kanama 2021 ndetse ko mu gihe cya…
-
Perezida Samia Suhulu aragirira uruzinduko rwe mu Rwanda guhera kuri uyu wa 2 Kanama 2021
•
Ibiro bya Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania byemeje ko Samia Suluhu Hassan byemeje ko guhera kuri uyu wa 2 Kanama 2021 agirira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda. Ni amakuru yari yaratangajwe mbere na Ambasaderi wa Tanzania mu Rwanda ucyuye igihe, Ernest Mangu, tariki ya 28 Nyakanga 2021, gusa nta byinshi yavuze kuri…
-
Inkingo za Covid-19 Norvège yanze gukoresha kubera ingaruka zazo, yazihaye Uganda
•
Guverinoma ya Norvège yahaye iya Uganda doze 286,080 z’inkingo za Astrazeneca yavuze ko itazongera gukoresha guhera muri Gicurasi 2021 bitewe n’ingaruka zagiraga ku baturage zirimo kuvura kw’amaraso. Izi nkingo zakiriwe na Minisitiri w’Ubuzima wa Uganda, Dr Jane Ruth Aceng mu gitondo cy’uyu wa 31 Nyakanga 2021, hamwe n’izindi doze 300,000 z’urukingo Sinovac zaturutse mu…
-
Kirehe: Umubyeyi yashyikirijwe umurambo w’umwana we, yanga kuwushyingura
•
Umuturage witwa Rukiriza Reverien utuye mu mudugudu wa Nyabubare, Akagari ka Bisagara mu murenge wa Mushikiri w’Akarere ka Kirehe ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 31 Nyakanga 2021 yashyikirijwe umurambo w’umuhungu we witwa Bizimana Charles wishwe na Hakizimana Frodouard tariki ya 28 Nyakanga 2021. Amakuru avuga ko umurambo wazanwe mu mudoka…