-
Perezida Biden yategetse ko uwemeye gukingirwa Covid-19 ahabwa ibihumbi 100RWF
•
Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye za leta gutanga $100 (agera ku 100,000Frw) ku bantu bashya bemeye gukingirwa Covid mu muhate wo kuzamura umubare w’abakingirwa kubera ubwandu buri kwiyongera. Biden yashyizeho ibwiriza rishya ritegeka kwikingiza ku bakozi ba leta ya Amerika, urwego rukoresha benshi mu gihugu basaga miliyoni ebyiri. Iri bwiriza risaba…
-
Dore icyo wakora mu gihe woza amenyo akava amaraso
•
Kuva amaraso mu menyo ni ikibazo gikunze kuba kuri benshi, ushobora kuba uri muri bamwe cg uzi uwo bibaho, akenshi biza gutyo gusa, uriye ikintu cg mu gihe uri koza amenyo. Niba ujya uva amaraso mu ishinya waba uri koza amenyo cg uri kurya, iyi ni indwara ikomeye akenshi ituruka kuri bagiteri ziba…
-
Dore ibintu byoroshye byagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe bityo ukaba wirinze kurwaragurika
•
Reka turebere hamwe ibindi 5 byagufasha kongera imbaraga z’abasirikare n’urwungano rw’ubwirinzi byawe, bityo bikagufasha guhangana n’indwara zitandukanye. Imyitwarire yagufasha kongera ubudahangarwa bw’umubiri wawe Guseka cyane Guseka cyane bifitiye akamaro gakomeye umubiri kuko byongera ubudahangarwa, bityo bikagufasha kwirinda indwara zitandukanye. Nk’uko imvamutima z’uburakari n’umujinya zangiza ubuzima, niko guseka nako kubaka umubiri. Mu…
-
Mozambique: Ese koko u Rwanda rwohereje ingabo rutanguranwa na SADEC? Min. Biruta arabisobanura
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yahakanye amakuru avuga ko u Rwanda rwohereje ingabo zarwo rusa n’urutanguranwa n’ibihugu bya SADC. Ibihugu ndetse n’abantu ku giti cyabo banenze ukuntu ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique, bamwe ndetse bavuga ko rusa n’urwashatse gutanguranwa n’ingabo z’akarere za SADC bagomba guhurira muri Mozambique. Minisitiri Biruta…
-
Igisupusupu Yakatiwe Igifungo Cy’agateganyo
•
Urukiko rw’Ibanze rwa Kiramuruzi ruherereye mu Karere ka Gatsibo rwakatiye umuhanzi Nsengiyumva François wamamaye nka Igisupusupu, igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha byo guhohotera umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko. Ni umwanzuro umucamanza yatanze nyuma y’aho Igisupusupu aburanye ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Uyu muhanzi yatawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, tariki ya…
-
Urubanza rw’umunyamakuru wakubitiwe i Nyagatare: Komanda wa Polisi arashinjwa guhisha ibimenyetso, Meya akabangamira iperereza
•
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2021, Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rubona muri Nyagatare n’abo yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze rwa Karangazi, aburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku cyaha cyo gukubita no gukomeretsa umunyamakuru Ntirenganya Charles wa Flash FM. Muri uru rubanza nk’uko Taarifa yabitangaje, umushinjacyaha Bimenyinama Jean Louis yashinje Komanda wa Polisi ya Karangazi,…