-
Ibimenyetso simusiga byagaragariza umukobwa ko akundana n’umugabo wubatse atabizi
•
Hari igihe umukobwa aba akundana n’umugabo wubatse ufite urugo nyamara we agakeka ko yitomboreye umusore ndetse akanishuka ko abonye uwo Imana yamugeneye ngo bazarushinge. Ibi ni ibimenyetso byakwereka umukobwa ko yayobeye ku mugabo w’abandi atabizi nk’uko byatangajwe n’urubuga Elcrema rwandika ku mibanire. 1. Kwitabira telefoni hanze Akenshi mwene aba bagabo iyo…
-
RDC: Joseph Kabila arishyuza Leta ibirarane by’umushahara we by’amezi 6 bingana n’asaga miliyari 3.7RWF
•
Minisitiri w’imari wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, umaze amezi 3 muri guverinoma, avuga ko yishyuye nibura inshuro imwe umushahara w’uwahoze ari umukuru w’igihugu Joseph Kabila. Nicolas Kazadi, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ejo i Kinshasa, ko nawe yatangajwe no kuba uwahoze ari Perezida wa Repubulika, Joseph Kabila, amaze amezi 6 adahembwa. Ati:…
-
Umugabo yasanze ibuye rigura Frw miliyari 100 na miliyoni 732 mu isambu ye
•
Urwego rushinzwe iby’umutungo kamere muri Sri Lanka ruvuga ko umugabo utavuzwe amazina, ubwo yacukuraga iriba mu isambu ye, yageze ku ibuye ryitwa Sapphire rifite agaciro ka $ miliyoni 100 (Frw miliyari 100 na miliyoni 732). Gamage usanzwe acuruza imitako avuga ko yahamagawe n’umuturage wo mu gace ka Ratnapura, akamubwira ko abonye ibuye atazi.…
-
Umwalimu w’amashuri abanza yarahiriye kuba perezida wa Peru
•
Nyuma y’amatora maremare arimo amahari, Padro Castillo yarahiriye kuba perezida wa Peru. Intsinzi ye yanyeganyeje abakomeye muri politiki n’ubucuruzi muri iki gihugu cyashegeshwe n’icyorezo cya Covid. Pedro wavukiye mu gace k’icyaro kari mu dukennye cyane mu gihugu, yakuze afasha ababyeyi be batize imirimo y’ubuhinzi. Ari umunyeshuri muto, yagendaga n’amaguru amasaha arenga abiri kugira…
-
AS Kigali ni yo yegukanye Haruna Niyonzima na Emery Bayisenge
•
Ikipe ya AS Kigali yamaze kumvikana na Haruna Niyonzima waherukaga kuyivamo asubiye muri Young Africans muri 2020 ndetse uyu yiyongereyeho Emery Bayisenge wari warangije amasezerano nyuma akaza kwemera kuyongera. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane ni bwo Perezida wa AS Kigali Shema Fabrice yabwiye Radio B&B FM UMWEZI ko aba bakinnyi bombi…
-
Dore ibintu 5 bitangaje Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bahuriyeho n’ubwo abantu babafata nk’abakinnyi bahanganye
•
Biragoye kuba wabona umuntu ufana Lionel Messi na Cristiano Ronaldo icyarimwe muri iki gihe, ndetse byanakugora kubona umuntu ufana Argentina na Portugal ibihungu aba bakinnyi bakomokamo. Cristiano Ronaldo afite abafana benshi yakuye muri Manchester United bazamukana muri Real Madrid byanatumye ikipe y’igihugu ya Portugal yunguka abafana benshi mu bice bitandukanye by’Isi. Ninako bimeze…